• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2025
in Regional Politics
0
I Fizi haravugwa imirwano ikaze.
150
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

Amakuru aturuka mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko inyeshamba za Maï-Maï ku bufatanye n’ingabo z’u Burundi ziri kugaba ibitero bikomeye ku mutwe witwaje intwaro wa Red-Tabara urwanya Leta y’u Burundi.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Kuva ku Cyumweru kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, ibitero bikomeye byakomeje kugabwa ku mutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD mu Burundi.

Aya makuru avuga ko ibyo bitero by’ingabo z’u Burundi na Maï-Maï, ahanini byagabwe mu birindiro bya Red-Tabara biri ahitwa Bibwe no mu bindi bice biherereye muri utwo duce.

Agace ka Bibwe gaherereye muri Secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi. Aha akaba ari mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa centre ya Minembwe.

Aya makuru Minembwe.com ikesha abaturiye utwo duce agira ati: “Nk’uko twabibabwiwe kuva mbere, CNCPS ya General Hamuri Yakutumba ku bufatanye n’ingabo z’u Burundi bakomeje kugaba ibitero ku mutwe wa Red-Tabara.”

Ikomeza igira iti: “Ibi bitero biri kugabwa mu birindiro by’uyu mutwe urwanya Leta y’u Burundi biri ahitwa Bibwe muri Fizi.”

Ni amakuru asobanura kandi ko ibyo bitero biri mu gukorwa gusa amasaha y’urukerera, ariko ko igihe cy’amanywa harimukuba ituze.

Igitangaje aya makuru akomeza avuga ko iz’i ngabo z’u Burundi n’aba barwanyi b’uyu mutwe wa Maï-Maï uyobowe na Gen Hamuri Yakutumba, bagaba ibyo bitero kuri Red-Tabata, ariko kandi bakagaruka inyuma bagasahura amatungo magufi y’abaturage bo mu bwoko bw’Abapfulero n’Abanyindu baturiye ibyo bice.

Amwe muri ayo matungu byavuzwe ko basahura arimo ihene, inkoko n’intama ndetse kandi bakiba n’imyaka y’aba baturage.

Ibitero by’ingabo z’u Burundi ku barwanyi ba Red-Tabara byakunzwe kuvugwa cyane umwaka ushize, aho ibyo bitero byagabwaga mu bice by’i Tombwe muri teritware ya Mwenga.

Kuri ubu bikaba byimuriwe i Lulenge muri teritware ya Fizi aho byavuzwe ko uyu mutwe wa Red-Tabara wimuriye ibirindiro byawo, nk’uko bikomeje kuvugwa.

Tags: BibweFiziIngabo z'u BurundiMaï Maï

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano, M23 kandi yafashe utundi duce turi mu mwinjiro wa Goma.

MONUSCO, haribazwa icyo yaba imaze muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?