• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleveuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa M23, rya menyesheje ko igihe kigeze ngo rije kubohora abaturiye i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, kuko barimo kwicwa n’ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo, n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi nazo, irimo FDLR na Wazalendo.

Bikubiye mu itangazo iri huriro rya AFC ryashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo hashize tariki 10/02/2025, aho iryo tangazo ritangira rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 ryiyemeje kujya kubohora abatuye i Bukavu niba ntagikozwe mu guhagarika ubugizi bwa nabi burimo kwibasira Abaturage.”

Iri tangazo rigaragaza ko ubwo bwicanyi burimo gukorerwa abaturiye i Bukavu no mu nkengero zayo, bukorwa n’ingabo za FARDC n’abambari bazo, ari bo FDLR na Wazalendo.

Ati: “Ni ubwicyanyi bukorwa n’ingabo za Leta (FARDC) n’abo bafatanyije.”

Iri huriro kandi muri iri tangazo rivuga ko ryumvise gutaka kwaba baturage bicwa bakanasahurwa imitungo yabo bikozwe n’abashinzwe umutekano bagakwiye kubirinda.

Muri ubwo buryo, iri huriro rya AFC/M23 rigasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara ako kanya, bitaba ibyo, iri huriro rigatanga umusanzu waryo mu gutabara abaturiye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ryagize riti: “AFC/M23, turasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara aka kanya, bitaba ibyo, tugatanga umusanzu wacu wo gutabara abaturage.”

Ku cyumweru niho abaturage baturiye umujyi wa Bukavu bahaye ingabo z’iki gihugu(FARDC ) amasaha 48 yokuba zavuye muri uyu mujyi. Bazishinja kwica abantu icyenda, bakavuga ko babiciye ahitwa i Katana no mu tundi duce duherereye mu nkengero z’umujyi muto wa Kavumu.

Hagataho, imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ikaba irimo kubera kuri zone ya Kalehe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: BukavuM23
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?