• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2025
in Regional Politics
0
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Igisirikare cy’igihugu cya Tchad, byamenyekanye ko kiri mu myiteguro yo kohereza ingabo zacyo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho kigiye gufasha igisirikare cyayo kurwanya umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Aya makuru yemejwe n’ishyaka riri mu atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tchad, ni nyuma y’aho iri shyaka rishyize itangazo hanze ryamagana ubutegetsi bw’iki gihugu cyabo kuri icyo cyemezo bwafashe cyokohereza ingabo zacyo muri RDC.

Bivugwa ko ku Cyumweru gishize, perezida Félix Tshisekedi wa RDC, yagiriye uruzinduko rwo mw’ibanga muri Tchad, ahageze asaba mugenzi we ingabo zo ku mufasha kurwanya umutwe wa M23 zimuzengereje.

Aya makuru akavuga ko perezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idriss Deby, yemeye ubwo busabe kandi ko ingabo ze zinjira mu myiteguro.

Tshisekedi yakoze iki gikorwa murwego rwo kugerageza amahirwe ye yanyuma, yo guhangana n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23.

Ishyaka Front Pour L’Arternance et la Concorde au Tchad (Fact) mu itangazo iheruka gushyira ahagaragara, rivuga ko iki gihugu kiri mu myiteguro yo kohereza muri RDC ingabo.

Rigira riti: “Ishyaka ryacu riramenyesha abanyagihugu ko agatsiko ka gisirikare kari kwitegura kohereza ingabo muri RDC.”

Muri iryo tangazo, iri shyaka ryibukije ko atari ubwa mbere Tchad yohereza ingabo muri RDC, kuko mu 1996 Maréchal na bwo yohereje ibihumbi by’ingabo muri iki gihugu mu gihe habaga intambara ya mbere ya Congo yasize ikuyeho ubutegetsi bwa perezida Mobutu Sese Seko.

Iri shyaka kandi ryagaragaje ko kuba Leta ya Tchad igiye kohereza ingabo zayo muri RDC bizatuma ikibazo kirushyaho kuba ingutu.

Ati: “Ishyaka ryacu, riramagana ryivuye inyuma iki cyemezo kitagira icyo kizana, usibye gusenya no kubabaza abaturage bo mu karere.”

Kohereza ingabo za Tchad muri RDC, bije byiyongera kuri Afrika y’Epfo, Malawi, Tanzania, Ingabo z’u Burundi bisanzwe bifite ingabo zifasha iz’iki gihugu cya RDC kurwanya uyu mutwe wa M23. Ndetse kandi tutibagiwe n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo isanzwe nayo ifasha iki gihugu kurwanya uyu mutwe. Ariko dusanga ntacyo bifasha iki gihugu kuko uyu mutwe ntibiwubuza gukomeza gufata imijyi ikaze irimo n’uwa Goma uheruka gufata.

Tags: IngaboM23RdcTchad
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Uvira hashyizwe ho ingamba zikaze zo gukaza umutekano.

Uvira hashyizwe ho ingamba zikaze zo gukaza umutekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?