Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC zasabwe ibikakaye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zaje kurinda umujyi wa Bukavu udafatwa na M23.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC zasabwe ibikakaye.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, beasabye abasirikare b’u Burundi bari muri Congo guhita bava ku butaka bw’iki gihugu byihuse bitaba ibyo zikaraswa, ngo kuko ziri muri iki gihugu muburyo budafudutse.

Bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yanyujije mu itangazo uyu mutwe washyize hanze ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 15/02/2025.

Iri tangazo uyu mutwe warisohoye nyuma y’aho ufashe ibice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajy’epfo, birimo n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i y’i Ntara ya Kivu y’Epfo.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, ihuriro ry’ingabo rirwana ku ruhande rwa leta, ririmo n’ingabo z’u Burundi ryahungiye i b’Uvira no mu bindi bice bitandukanye byo muri teritware ya Walungu muri iyi ntara.

Iri tangazo rya M23 riteweho umukono n’umuvugizi wayo, rigira riti: “M23 irasaba ingabo z’u Burundi ntayandi mananiza guhita ziva ku butaka bwa RDC, by’umwihariko mu duce twa Nkomo, Nyangenzi, ikibaya cya Rusizi no mu nkengero zaho. Kuba ziburiho ntibikwiye, bityo zikwiye gusubira iwabo mu Burundi.”

Iryo tangazo kandi rivuga ko ingabo z’u Burundi iminsi zimaze zikorera muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ihagije ngo kuko zayikozemo ibikorwa byo kwica, gusahura ibyabenegihugu, ndetse kandi zigenda ziteza abaturage b’iki gihugu akaga.

M23 muri iryo tangazo ivuga ko ari itegeko ko ingabo z’u Burundi ziva muri RDC.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma mu butumwa yanyujije kuri x mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, yashinje izi ngabo z’u Burundi n’iza RDC gukora ibikorwa byo gusahura mu mujyi wa Bukavu ndetse no gusenya amazu y’abaturage no kwangiza ibindi bikorwa bitandukanye muri uyu mujyi.

Tags: IbikakayeIngabo z'u BurundiKivu yamajy'EpfoM23Rdc
Share44Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?