Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

You might also like

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagiranye ibiganiro na Huang Xia, intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, bikaba byibanze ku ntambara iri kubera mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Iyi ntumwa iri mu ruzinduko mu bihugu by’akarere k’ibiyaga bigari mu rwego rwo kwitegura inama y’akanama k’umutekano ka Loni iteganyijwe kubera i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ku ya 04/04/2025, aho iziga ku bibazo byugarije Congo.

Yavuze ko izarebera hamwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro ya 2773 no gushakisha amahoro arambye mu karere k’ibiyaga bigari.

Nk’uko yabisobanuye yagize ati: “Ni amahirwe akomeye yo guhagarika intambara n’ubushamirane ariko hanatekerezwa ku bisubizo birambye kandi bihamye kugira ngo abaturage batekane.”

Iyi ntumwa kandi yashimangiye ko umuryango w’Abibumbye, imiryango y’akarere ndetse na Afrika Yunze ubumwe bihagurukiye gushaka ibisubizo birambye.

Ibyo bibaye mu gihe m23 ikomeje kwagura ibirindiro byayo, muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru. Ubundi kandi ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, izirimo iz’u Burundi n’iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi ifasha iki gihugu kurwanya umutwe wa m23 bakomeje guhunga, bagata ibirindiro byabo.

Tags: IntumwaTshisekediUmutekano
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye. Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n'inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika. Ku...

Read moreDetails

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Nyuma yo guhura n'abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yizeye ko...

Read moreDetails

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails
Next Post
Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.

Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?