• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Ndayishimiye yatangaje undi ugiye gutera igihugu cye.

minebwenews by minebwenews
March 30, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yasobanuye uko yababajwe na James Kabarebe.
139
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye yatangaje undi ugiye gutera igihugu cye.

You might also like

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye ko kigiye guterwa na General Godfroid Niyombare, kandi ko agitera afite ubufasha bw’igihugu cy’u Rwanda.

Ibi n’ibyo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi aheruka kuvugira mu kiganiro yagiranye na BBC, akaba yarimo asubiza ku bibazo bamubazaga byo muri Congo.

Muri iki kiganiro perezida Ndayishimiye yavuze ko Gen.Niyombare agiye kugaba igitero ku Burundi, kandi ko na kigaba amahanga azagira ngo u Burundi bwatewe n’Abarundi ariko ko bazaba batewe n’u Rwanda.

Asobanura ko u Rwanda ruzitwikira uwo musirikare wahunze iki gihugu cy’u Burundi rukabatera mu izina rye.

Uyu mukuru w’iki gihugu cy’u Burundi agaragaza ko u Rwanda nirukora icyo gikorwa, Abarundi bazahita bahagurukana n’iyonka bakarwanya u Rwanda bivuye inyuma.

Yakomeje avuga ko u Rwanda rwari rukwiye gutanga abarwanyi rucyumbikiye ba Red-Tabara ngo kugira ngo bashyikirizwe ubutabera.

Gusa, ibi u Rwanda rwagiye rubihakana inshuro nyinshi, ndetse rukavuga ko nta mutwe n’umwe urwanya ubutegetsi bw’i Gitega rushyigikira, aho rugaragaza ko ntanyungu rubifitemo, hubwo rugashinja u Burundi gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Usibye n’u Rwanda, uyu mutwe wa Red-Tabara na wo uheruka kwamagana u Burundi bu wushinja gufashwa n’u Rwanda, ugaragaza ko ntaho uhuriye n’iki gihugu.

Ndayishimiye avuga kandi ko ni ba koko u Rwanda rwifuza kuzahura umubano w’ibihugu byombi, rwari rukwiye kubahiriza icyo barusaba, bityo ng’u Burundi nabwo bukubahiriza ibyo rubusaba birimo kutifatanya n’umutwe wa FDLR.

Gen.God Froid Niyombare uwo Ndayishimiye ashinja gutegura gutera u Burundi, ni we wayoboye Ingabo zageragaje guhirika perezida Peter Nkurunziza mu mwaka wa 2015, ariko zikabinanirwa. Nyuma ni bwo iwe n’Ingabo yarikumwe nazo zerekeje iy’ubuhungiro, aho bivugwa ko bahungiye m’u Rwanda.

Tags: GuterwaNiyombareU Burundi
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?