Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 11, 2025
in World News
0
Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Leta ya Ukraine yabwiye Leta Zunze ubumwe z’Amerika ko kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya byo kugabanya umubare w’abasirikare bayo kugira ngo habeho ibiganiro by’amahoro n’u Burusiya, byaba ari nko kwishyira mu bibazo itazikuramo.

Ni byatangajwe n’umuyobozi wo mu biro bya perezida wa Ukraine, Pavlo Palisa, aho yavuze ko bidashoboka ko bagabanya umubare w’abasirikare bayo kubera ko hari igihugu runaka kibisabye.

Uyu muyobozi mukiganiro yagiranye na Reuters yayibwiye ko Ukraine nta muntu n’umwe ugomba kuyitegeka umubare w’abasirikare ikwiye kugira.

Avuga ko kugira igisirikare cyiteguye byizeza umutekano i Kyiv, ngo kandi no mu gihe u Burusiya bwakongera kugaba ibitero mu gihe amasezerano y’amahoro ataragerwaho bakwirwanaho mu kurinda uwo mujyi.

Ibi yabitangaje nyuma y’aho perezida Vradimir Putin yari yavuze ko ashaka ko umubare w’abasirikare ba Ukraine ugabanuka ndetse anavuga ko Kyiv igomba kureka icyifuzo cyayo cyo kwinjira muri OTAN kandi ko Moscow igomba kugenzura uturere tune twose Ukraine ivuga ko ari utwayo.

Ikindi nuko u Burusiya buvuga ko hakwiye gushirwaho ingamba zikomeye mbere yuko habaho agahenge k’imirwano.

Mu biganiro byabereye muri Arabie-Saoudite ku mpande zombi zemeranyije guhagarika ibitero ku bigo by’ingufu z’amashanyarazi, ariko kuva icyo igihe impande zombi zakomeje kwitana bamwana zishinjanya kurenga kuri ayo masezerano.

Tags: AmerikaU BurusiyaUkraineYanze
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
I Mbarara mu gutegura kunamira Intwari y’i Mulenge bakoze akarusho.

I Mbarara mu gutegura kunamira Intwari y'i Mulenge bakoze akarusho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?