Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Bushinwa abantu bari munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva ma mazu yabo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2025
in World News
0
Mu Bushinwa abantu bari munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva ma mazu yabo.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bushinwa abantu bari munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva ma mazu yabo.

You might also like

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu majyaguru y’igihugu cy’u Bushinwa, abantu bapima ibilo biri munsi ya 50 basabwe kudasohoka mu mazu yabo, kubera umuyaga ukomeye wibasiye icyo gice.

Ibice byibasiriwe cyane n’uwo muyaga, birimo Beinjing, Tianjin na Habei.
Mbere yuko uwo muyaga utera ibyo bice ikigo cyiteganya gihe cy’u Bushinwa cyari cyasohoye itangazo rimenyesha ko uyu muyaga uzatera kandi ko uzazana ubukana kuruta ibindi bihe byose wigeze gutera muri iki gihugu.

Bikaba biri mubyatumye abantu bari munsi y’ibiro 50 basabwa kutava mu mazu yabo kugeza igihe uzahagarara.

Uyu muyaga wibasiye iki gihugu kuva ku wa gatanu tariki ya 11/04/2025.

Bivugwa ko uwo muyaga uri guhuha uturutse mu bice bya Mongalia, ukaba umaze guhirika ibiti bisaga 300 ndetse unangiza n’ibintu byinshi harimo n’imodoka.

Nubwo kugeza ubu bivugwa ko nta muntu urakomeretswa n’uwo muyaga cyangwa ngo ugire uwo wica, ariko abaturage basabwe kwirinda ingendo zitari ngombwa.

Ubundi kandi, uyu muyaga watumye ingendo z’ubwikorezi zihagarara, aho n’indege zirenga 400 zahagaritswe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Beijing. Ndetse kandi n’indendo za gari ya mashi zahagaritswe.

Byavuzwe ko ari bwo bwa mbere u Bushinwa butewe n’umuyaga ufite ubukana buri kuri uru rwego mu myaka 10 ishize.

Tags: Ibilo 50U BushinwaUmuyaga
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 Requested Kinshasa to do Certain Things Before Both Parties Enter into Negotiations.

Waba waruzi impamvu AFC/M23 itirukana burundu ingabo za SADC ku butaka bwa RDC? twabivuye imuzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?