• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu

minebwenews by minebwenews
April 14, 2025
in World News
0
Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

General Brice Oligui Nguema wayoboye coup d’etat yo mu 2023 mu gihugu cya Gabon, ikaba ari yo yavanyeho ku butegetsi Ali Bongo wari umaze kuri ubwo butegetsi imyaka 60, yatsinze amatora ya perezida ku majwi arenga 90%.

General Brice Oligui Nguema ni umugabo w’imyaka 50 y’amavuko, muri aya matora yari ahatanye n’abarimo Alain Claude Bilie-By-Nze, Stephanie Germain Iloko na Alain Simple Boungouères.

Aya matora yabaye ku wa gatandatu tariki ya 12/04/2025, yasize abaturage bagaragarije Brice Oligui Nguema ko ari we bahundagajeho amajwi menshi. Iki gihugu cya Gabon gituwe n’abaturage miliyoni 2.5.

Nyamara abatavuga rumwe na Brice Oligui Nguema watsinze amatora, bagaragaje ko itegeko nshinga rishya hamwe n’itegeko rishya rigenga amatora byateguwe mu buryo bumworohereza gutsinda aya matora.

Atorewe kuba umukuru w’iki gihugu, mu gihe hari hashyize imyaka ibiri ahiritse perezida Ali Bongo wayoboye iki gihugu imyaka 60.

Muri manda y’imyaka irindwi, Gen.Oligui Nguema ategerejwe guhangana na ruswa n’imiyoberere mibi byaranze ubutegetsi bwa Ali Bongo.

Mu kwiyamamaza, uyu musirikare yeretse igikundiro cyane urubyiruko rwo muri iki gihugu, ni mu gihe yababyiniraga imbyino zo muburyo bugezweho.

Gabon, ni igihugu gito ariko gikize ku bikomoka kuri peteroli n’ibiti bivamo imbaho nziza kandi zirambisha ibintu cyane ku buryo budasanzwe.

Tags: Brice Oligui NguemaGabon
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?