Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 8, 2025
in World News
0
Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

You might also like

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Sosiyete z’indege zitandukanye zahagaritse ingendo zazo zacaga mu kirere cya Pakistan nyuma yuko rwongeye kwambikana hagati y’ingabo z’iki gihugu n’iz’u Buhinde, kubera abantu baheruka kwicirwa mu gace ka Kashimir ko mu Buhinde.

Mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu ni bwo habaye kurwana hagati ya Pakistan n’u Buhinde.

Isosiyete ya Air France yatangarije ibinymakuru ko yahagaritse ingendo zayo zica muri Aziya y’Amajyepfo kubera intambara yongeye kuvuka hagati ya Pakistan n’u Buhinde.

Ivuga ko yatangiye guca mu bindi bihugu mu rwego rwo kugira ngo yirindire umutekano.

Ibi kandi byatangajwe na sosiyete y’indege y’u Buhinde, Lufthansa, na yo yatangarije ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, ko yahagaritse ingendo zayo zica mu kirere cya Pakistan, ivuga ko niyongera gusubukura guca muri iki kirere izabitangaza.

Nibyabaye nyuma y’urupfu rw’abakerarugendo 26 bishwe n’inyamanswa ubwo bari bageze mu gace ka Kashimir, impande zihanganye zitana bamwana.

U Buhinde bwahise bushinja Pakistan icyo gitero, buvuga ko ifite umuco wo gushyigikira inyashyamba, ariko Pakistan ibitera utwatsi ivuga ko ntaho ihuriye n’icyo gitero hubwo ibyegeka ku Buhinde.

Kuva ubwo hahise haba ukutumvukana gukomeye hagati y’izi mpande zombi.

Ibya natumye u Buhinde bugaba iki gitero cyakozwe ahar’ejo mu rwego rwo kwihorera. Ariko u Buhinde bugitakarizamo abagera ku 15 mu gihe ku rundi ruhande ntabaramenyekana boba barakiguyemo.

Amakuru agaragaza ko sosiyete z’indege nka Swiss international Air Line, British Airways, na Emirates zahinduye ingendo zazo ubu ziri guca mu kirere cy’inyanja y’Abarabu zikabona kwerekeza mu majyaguru y’umujyi wa wa Delhi, zikirinda guca muri Pakistan.

Tags: IngendoPakistanSosiyete z'indegeU Buhinde
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za Patriots bizayifasha mu buryo bukaze bwo gukumira ibitero by'u Burusiya....

Read moreDetails

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails
Next Post
Akabi ngo gasekwa nka keza, ibyagaragaye i Uvira ni agahomeramunwa.

Hatanzwe umucyo ku masasu yarasiwe i Uvira mu ijoro ryaraye rikeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?