• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2025
in Conflict & Security
0
Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Mu Rugezi mu gice kigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 cyazindutse kigabwamo ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.Ihuriro rirwana ku ruhande rwa guverinoma ya Kinshasa ririmo FARDC, FDLR ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Aya makuru ava mu Rugezi ahamya ko ahagana saa kumi nebyiri z’igitondo cya kare cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 09/05/2025, ni bwo mu Rugezi hagabwe kiriya gitero cyari ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo.

Umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byabohoheje iki gice cya Rugezi cyagabwemo icyo gitero mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Kuva icyo gihe ziyibohoje izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa ziyigabyemo ibitero inshuro zirenga zine mu rwego rwo kugerageza kuyigarurira kandi, ariko uyu mutwe ukazikubita inshuro.

Ndetse n’ibi bitero byayizindutsemo, hari amakuru avuga ko ruriya ruhande rwabigabye abarugize batangiye kurwana basubira inyuma.

Binazwi ko uru ruhande rugaba ibyo bitero, rubigaba ruturutse mu duce twa Matanganika, Kabanju n’utundi twaho hafi muri secteur ya Lulenge, muri Fizi.

Tubibutsa ko iyi Rugezi yagabwemo ibi bitero iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, ikaba kandi iri muri grupema ya Basimukuma, muri secteur ya Lulenge.

Tags: IbiteroIhuriroRugezi
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira Mu gihe igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira cyari cyatanze itegeko ryo kurasa abigaragambya...

Read moreDetails

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira Abazindukiye mu myigaragambyo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwamagana Brigadier General Olivier Gasita, igeze hafi naho igambiriye...

Read moreDetails

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y'ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo babwiye Meya w'uyu mujyi akababaro kabo...

Read moreDetails

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy'ihuriro ry'ingabo za Congo, ariko...

Read moreDetails
Next Post
Rwanda and DRC Sign Historic Peace Accord in US. Trump Celebrates Breakthrough.

Ikivugwa ku masezerano y'u Rwanda na RDC, mu gihe ikibazo cy'Abatutsi ba Banye-Congo cyo kwirengangizwa na Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?