• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I “Uvira tugize ikibazo,” ubutumwa butanzwe n’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2025
in Conflict & Security
0
Akabi ngo gasekwa nka keza, ibyagaragaye i Uvira ni agahomeramunwa.
114
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I “Uvira tugize ikibazo,” ubutumwa butanzwe n’Abanyamulenge.

You might also like

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko hari Umunyamulenge wafashwe na Wazalendo bitera ubwoba abasigaye ni mu gihe muri icyo gice hari umutekano muke wabo.

Ni mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 12/05/2025, ni bwo uwo munyamulenge bivugwa ko yari n’umu-prefet kw’ishuri rimwe ryo muri Uvira yafashwe na Wazalendo.

Abari i Uvira, umwe muri bo yabwiye Minembwe Capital News ati: “Uvira tugize ikibazo. Bafashe umugabo witwa Kizeze ni préfet ku masomo hano i Uvira.”

Uyu kandi yongeye ati: “Ba musanze iwe mu rugo. Abazalendo baramujana.”

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga ni ko mukumujana bamwerekeje muri Quartier iyo bivugwa ko iteye ubwoba yitwa Kiribura. Ni yo biciramo abatavuga rumwe na bo nk’uko byakomeje bivugwa.

Byanavuzwe ko Kizeze we asanzwe atuye kuri Karyamabenge iherereye mu mujyi wa Uvira.

Hari n’u butumwa bw’amajwi bwumvikanye butabariza Kizeze, aho uwamutabarizaga yavuze ko Wazalendo bamujanye nabi, ni mu gihe ngo bagiye bamukubuta. Ndetse ko bafashe n’inkweto zabo bazirambika mu rugo kwa Kizeze bavuga ko ari we wazihazanye.

Abanyamulenge bari i Uvira bagize igihe baterwa ubwoba n’ihuriro ry’ingabo za Congo. Zibashinja ururimi bavuga rw’ikinyarwanda no kuba ari Abatutsi.

Uvira ni igice kigwiriyemo ingabo zirimo iza FARDC iz’u Burundi, imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR zatsinzwe intambara i Goma, Bukavu n’ahandi nka Kamanyola na Nyangenzi.

Ibi bituma bibasira Abanyamulenge n’abasa n’abo babashinja kuba ari benewabo n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho igize igihe ibajegeza mu Burasizuba bwa Congo.

Tags: AbanyamulengeIkibazoKizezeUvira
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira Mu gihe igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira cyari cyatanze itegeko ryo kurasa abigaragambya...

Read moreDetails

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira Abazindukiye mu myigaragambyo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwamagana Brigadier General Olivier Gasita, igeze hafi naho igambiriye...

Read moreDetails

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y'ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo babwiye Meya w'uyu mujyi akababaro kabo...

Read moreDetails

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy'ihuriro ry'ingabo za Congo, ariko...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

Hatangajwe amakuru y'urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?