• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 24, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

You might also like

Le Chef du Groupement de Bashimukindji Appelle les Wazalendo à Déposer les Armes et à Rejoindre le MRDP-Twirwaneho et l’AFC/M23

Menya Ibice MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bamaze Kubohoza muri Teritwari ya Mwenga, Aho Bakomeje Kwagura Ibirindiro muri Secteur ya Itombwe N’ahandi

Umuyobozi wa Bashimukindji Yahamagariye Wazalendo Kumanika Amaboko no Kwiyunga na MRDP-Twirwaneho na AFC/M23

Wazalendo babiri bishwe n’amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y’aho basubiranyemo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Ku gicamunsi cyo ku wa kane tariki ya 23/10/2025, ni bwo Wazalendo yasubiranyemo na FARDC, imirwano yabo ntiyatinze, ariko yasize babiri bo muri Wazalendo bahatakarije ubuzima.

Amakuru aturuka i Uvira akagaragaza ko barwaniye i Kavimvira igice giherereyemo umupaka ugabanya iki gihugu cya RDC n’icy’u Burundi.

Ni mirwano yasize Wazalendo babiri bahitanwe n’ikiyaga cya Tanganyika, nyuma y’uko barimo bageragaza guhunga bikarangira barohamye mu mazi.

Binavugwa ko abenshi muri aba Wazalendo bahungiye mu gace kitwa Nyangara, gaherereye hafi na Tanganyika. Ni mu gihe FARDC yari yabarushije imbaraga irabakubita baratawanyika.

Kuko hari n’abandi bo muri yo bahungiye mu misozi iherereye hejuru y’uyu mujyi wa Uvira ufatwa nk’uwa kabiri muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uwa Bukavu.

Wazalendo bakomeje gusubiranamo na FARDC mu gihe i Uvira hoherejwe abasirikare babiri ba ba General, barimo Brigadier General Amuli Civiri na mugenzi we bazananye. Aba bakaba ari bo bahawe kuyobora aka karere ka 33 ki ngabo za RDC kanafite icyicaro mu mujyi wa Uvira, nyuma y’uko i Bukavu cyoharaga hafashwe na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Binateganyijwe ko igihe c’isaha munani zo kuri uyu wa gatanu, aba basirikare bakuru bashya baragirana ikiganiro n’imitwe yose yitwaje intwaro ihurikiye muri Wazalendo.

Ni ikiganiro amakuru agera kuri Minembwe Capital News agaragaza ko kiri buze kwibanda ku mutekano, n’ubufatanye hagati ya FARDC na Wazalendo.

Tags: FardcUviraWazalendo
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Le Chef du Groupement de Bashimukindji Appelle les Wazalendo à Déposer les Armes et à Rejoindre le MRDP-Twirwaneho et l’AFC/M23

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Umuyobozi wa Bashimukindji Yahamagariye Wazalendo Kumanika Amaboko no Kwiyunga na MRDP-Twirwaneho na AFC/M23

Le Chef du Groupement de Bashimukindji Appelle les Wazalendo à Déposer les Armes et à Rejoindre le MRDP-Twirwaneho et l’AFC/M23 MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que la situation...

Read moreDetails

Menya Ibice MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bamaze Kubohoza muri Teritwari ya Mwenga, Aho Bakomeje Kwagura Ibirindiro muri Secteur ya Itombwe N’ahandi

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bakomeje Kwagura Ibirindiro muri Fizi: Uduce Turindwi Twafashwe, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Basubira Inyuma

Menya Ibice MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bamaze Kubohoza muri Teritwari ya Mwenga, Aho Bakomeje Kwagura Ibirindiro muri Secteur ya Itombwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe imirwano ikomeje guhindura...

Read moreDetails

Umuyobozi wa Bashimukindji Yahamagariye Wazalendo Kumanika Amaboko no Kwiyunga na MRDP-Twirwaneho na AFC/M23

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Umuyobozi wa Bashimukindji Yahamagariye Wazalendo Kumanika Amaboko no Kwiyunga na MRDP-Twirwaneho na AFC/M23

Umuyobozi wa Bashimukindji Yahamagariye Wazalendo Kumanika Amaboko no Kwiyunga na MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe umutekano ukomeje kuba muke mu bice byinshi byo mu...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bahuriye i Nairobi mu Gikorwa Cy’Amateka cyo Gufasha Abahuye n’Intambara: Hatanzwe Imisanzu Minini irimo Ibihumbi by’Amadolari

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Abanyamulenge Bahuriye i Nairobi mu Gikorwa Cy’Amateka cyo Gufasha Abahuye n’Intambara: Hatanzwe Imisanzu Minini irimo Ibihumbi by’Amadolari

Abanyamulenge Bahuriye i Nairobi mu Gikorwa Cy’Amateka cyo Gufasha Abahuye n’Intambara: Hatanzwe Imisanzu Minini irimo Ibihumbi by’Amadolari MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igiterane cyahuje Abanyamulenge, Abanyakenya n’abandi bantu batandukanye...

Read moreDetails

RDC: Abaturage Bakomeje Guhitanwa n’Umutekano Muke mu Burasirazuba bw’Igihugu, Ubutegetsi bwa Tshisekedi Busabwa Gutanga ibisobanuro ku Kwiyongera kw’Ubwicanyi

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
RDC: Abaturage Bakomeje Guhitanwa n’Umutekano Muke mu Burasirazuba bw’Igihugu, Ubutegetsi bwa Tshisekedi Busabwa Gutanga ibisobanuro ku Kwiyongera kw’Ubwicanyi

RDC: Abaturage Bakomeje Guhitanwa n’Umutekano Muke mu Burasirazuba bw’Igihugu, Ubutegetsi bwa Tshisekedi Busabwa Gutanga ibisobanuro ku Kwiyongera kw’Ubwicanyi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ikibazo cy’umutekano muke gikomeje...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?