Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ikindi gitero cya drone i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 29, 2025
in Conflict & Security
0
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikindi gitero cya drone i Mulenge.

You might also like

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

Amakuru aturuka mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye igitero cya drone mu nkengero z’umujyi wa Minembwe ariko kigwa hafi n’umuhana utuwe n’abaturage.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho agaragaza ko iki gitero cya drone cyagabwe mu masaha y’umugoroba wajoro, kikaba cyagabwe neza mu gace kitwa ku Gipimo gaherereye mu duce twerekeza i Lulenge uvuye mu Minembwe.

Ubwo butumwa bugira buti: “Drone yateye igisasu ku Gipimo hafi n’ahatuye abaturage.”

Bikavugwa ko iyo drone nubwo yateye kiriya gisasu ariko ko isa n’iya hushije aho yashakaga kugitera, ati: “Nanone nubwo yarashe ariko isa n’iya hushije aho yashakaga kurasa. Bigaragara ko yari shaka kurasa mu muhana wa Gipimo, ariko igisasu cyayo cyaguye hakuraya y’uwo muhana.”

Gipimo yarashwemo icyo gisasu iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, aho benshi bazi nko mu Marango ya Minembwe.

Nyamara andi makuru avuga ko izi drone ko ziri gushaka ahari ibirindiro bikomeye by’aba barwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.
Ndetse bikavugwa ko zishaka gusa abayobozi bo muri iyi mitwe yombi bakorera i Mulenge.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane na bwo izi drone zateye ibindi bisasu mu Mikenke, ariko nabwo bifata ubusa.

Usibye nibyo hari n’igitero cyo ku butaka iri huriro ry’ingabo za Congo zagabye mu Mikenke, nyamara gisubizwa inyuma n’abarwanyi ba Twirwaneho.
Ni igitero zarizagabye ziturutse mu duce twa Rwitsankuko no ku Bilalombili.

Tags: GipimoIgiteroMinembwe
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Leta y'i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw'igihugu. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo igarure amahoro...

Read moreDetails

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'aho AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa bishyize umukono ku masezerano y'amahoro, izi mpande zombi zahise zitangira...

Read moreDetails

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y'isinywa ry'amasezerano. Nyuma y'amasaha make gusa, Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, bishyize umukono...

Read moreDetails

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi. Umuyobozi w'urubyiruko rwo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yishwe arashwe na barwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo bakorana byahafi...

Read moreDetails

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge. Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y'aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y'amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?