• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

minebwenews by minebwenews
June 5, 2025
in Conflict & Security
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

You might also like

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye igitero mu gice cya Katana kimaze iminsi ibarirwa mu mezi atatu kigenzurwa n’umutwe wa M23, ariko ugisubiza inyuma.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatatu tariki ya 04/06/2025, ni bwo iki gitero cyagabwe i Katana haherereye hafi n’i kibuga cy’indege cya Kavumu ari nacyo kizwi nk’icya Bukavu.

Amakuru aturuka muri icyo gice agaragaza ko iri huriro ry’ingabo za Congo rigizwe na FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo, ryasubijwe inyuma rugikubita nyuma y’aho ritangiye gutera ibisasu ku birindiro by’aba barwanyi bo muri uyu mutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa wa M23.

Urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje rwumvikanye mu duce duherereye hafi aho n’ahaberaga imirwano no muri centre yayo ubwayo, rwanatumye abaturage baturiye utwo duce bahungira mu bindi bice bitekanye, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Aya makuru akomeza avuga ko imirwano yabereye i Katana yabaye umwanya muto, kuko M23 yahise yirukana uru ruhande rw’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta rwari rwagabye kiriya gitero, mu guhunga zerekeza mu ishyamba riraho hafi rya Parike y’igihugu ya Kahuzi-Biega.

Mu kwezi gushize na bwo aka gace kakunze kurangwamo imirwano y’urudaca, hagati y’uru ruhande n’ubundi rurwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa n’uyu mutwe wa M23, ariko uko impande zombi zahanganaga, izo ku ruhande rwa Leta zasubizwaga inyuma.

Aka gace uyu mutwe wa M23 wakigaruriye mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, mbere y’uko ufata umujyi wa Bukavu uwo wafashe tariki ya 16/02/2025.

Katana iri kuvugwa kubera imirwano yayibereyemo ku munsi w’ejo ku wa gatatu, ibarizwa muri teritware ya Kabare, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: ImirwanoKatanaM23Rdc
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira Mu gihe igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira cyari cyatanze itegeko ryo kurasa abigaragambya...

Read moreDetails

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira Abazindukiye mu myigaragambyo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwamagana Brigadier General Olivier Gasita, igeze hafi naho igambiriye...

Read moreDetails

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y'ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo babwiye Meya w'uyu mujyi akababaro kabo...

Read moreDetails

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy'ihuriro ry'ingabo za Congo, ariko...

Read moreDetails
Next Post
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?