Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2025
in World News
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

You might also like

Iran Issues Stern Warning to Trump Over ‘Disrespectful’ Tone Toward Supreme Leader

Putin Addresses Ukraine Conflict, Western Relations, and EAEU Goals in Minsk Press Conference.

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije ku gisirikare cyayo, ngo yaba igiye kongera kugaba ibitero ku bikorwa bya Nucléaire bya Iran, ngo mu gihe izaba ibona ko ari ngombwa.

Byatangajwe na perezida Donald Trump w’iki gihugu gikomeye ku Isi, nyuma y’aho ubuyobozi bw’igihugu cye bukomeje kugaragaza icyizere ku bitero giheruka kugaba ku bigo bitatu Iran yakoreragamo ibya nucléaire ko byagenze neza.

Trump yagize ati: “Yego cyane. Nta gushidikanya, byaba ari ibintu bikomeye. Ni ibintu byansaba kumva ko koko bikwiye.”
Yavuze ibi ubwo yasubizaga uwari wamubajije niba atekereza kongera kugaba ibitero kuri Iran mu gihe raporo nshya z’ubutasi zaba zerekana ko Iran irimo kongera gutunganya Uranium.

Yongeyeho kandi avuga ko atekereza ko Iran itasubira vuba muri gahunda yo gutunganya nucléaire nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho.

Kimwecyo ntampungenge yagaragaje ku bijyanye n’aho Iran yaba iri gukorera ibikorwa bya nucléaire, ibikora mu ibanga. Gusa avuga ko Iran na Israel bose bashishikajwe no kubaho kuruta ibindi byose muri iki gihe.

Yagize ati: “Bumvise bananiwe. Kandi n’Abanya-Israel nabo barananiwe. Naganiriye nabo bombi, bose bashaka ko ibintu birangira. Twakoze akazi gakomeye. Ubu icyo batekereza ni ejo hazaza, uko bazabaho.”

Hagati mu nteko ishinga amategeko ya Amerika, habaye impaka zikomeye ubwo bari mu nama mucyumba cya Sena, abo mu ishyaka riri ku butegetsi ry’Abarepubulikani benshi muri bo bemeje ko ibitero bya Amerika kuri Iran byagize icyo bikora kinini, mu gihe abo mu ishyaka ry’Abademokarate bo bagishidikanya, bavuga ko urunium igihari, kandi ko bidashobora kwemeza ko gahunda ya Iran ya Nucléaire yasenywe.

Abadepite barimo Nancy Pelosi na Ro Khanna bavuga ko hakiri ibibazo byinshi bitarabonerwa igisubizo, kandi ko hagikenewe uburyo bwemewe bwo kugenzura n’ubushishozi bwa dipolomasi, kugira ngo ikibazo cya Iran gikemurwe burundu.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucléaire
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iran Issues Stern Warning to Trump Over ‘Disrespectful’ Tone Toward Supreme Leader

by minebwenews
June 28, 2025
0
Iran Issues Stern Warning to Trump Over ‘Disrespectful’ Tone Toward Supreme Leader

On June 27, 2025, Iran's Foreign Minister Abbas Araghchi issued a sharp warning to U.S. President Donald Trump, urging him to abandon his "disrespectful and unacceptable tone" toward...

Read moreDetails

Putin Addresses Ukraine Conflict, Western Relations, and EAEU Goals in Minsk Press Conference.

by minebwenews
June 27, 2025
0
Putin Addresses Ukraine Conflict, Western Relations, and EAEU Goals in Minsk Press Conference.

Russian President Vladimir Putin delivered remarks at a press conference following the Eurasian Economic Union (EAEU) summit in Minsk, covering critical issues including the ongoing Ukraine conflict, relations...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel. Ibisasu Iran yateye muri Israel byatumye ihindika umuyonga biyishyira mu kaga itarigera ihura nako mu mateka yayo. Ni mu...

Read moreDetails

China Unveils Tiny 0.6 cm Mosquito Like Spy Drone for military Missions

by minebwenews
June 26, 2025
0
China Unveils Tiny 0.6 cm Mosquito Like Spy Drone for military Missions

In a groundbreaking development, China has revealed a cutting-edge mosquito-like spy drone, measuring just 0.6 centimeters in length, designed for covert surveillance and stealth operations. The miniature drone,...

Read moreDetails

Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye. Igihugu cya Iran cyatangaje ko giheruka gukubita ahababaza Leta Zunze ubumwe za Amerika mu gitero yagabye ku kigo cy'ingabo zayo giherereye muri...

Read moreDetails
Next Post
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?