• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2025
in World News
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Israel yakoze ibitero by’indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w’igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri y’ingabo y’iki gihugu.

Mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu ni bwo ibyo bitero byagabwe i Damascus muri Syria.

Amakuru avuga ko ibyo bitero byateje umwuka mubi mu karere kandi byongera n’ibibazo bya politiki n’umutekano bimaze igihe bihangayikishije isi yose.

Nyamara ibi byabaye mu gihe Ingabo za Syria ziri mu mirwano ikomeye mu majy’Epfo y’iki gihugu, mu ntara ya Sweida, kuko zihahanganiye n’abarwanyi ba Druze, aba ni abaturage bake mu gihugu ariko bafite amateka akomeye mu bwingenge.

Aya makuru akomeza avuga ko abasaga 50 bamaze kugwa muri iyo mirwano kuva mu cyumweru gishize, benshi bakaba ari abasivili barimo n’abagore n’abana.

Minisitiri w’ingabo wa Israel, Yoav Gallant, yatangaje ko ibyo bitero byari bigamije gukumira iterabwoba no kurinda abaturage ba Druze ku mipaka ya Syria.

Ku rundi ruhande, guverinoma ya Syria yamaganye ibyo bitero, ivuga ko ari igikorwa cy’ubushotoranyi gishobora gutera indi ntambara isesuye mu karere.

Ihangana hagati ya Israel na Syria birimo guhindura isura, ni mu gihe Israel yinjira cyane mu mirwano y’imbere muri Syria binyuze mu bitero bikaze iyigabamo.

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi n’umuryango w’Abibumbye, byasabye buri ruhande kwirinda ibikorwa bishobora guhungabanya umutekano w’abaturage. Kimwecyo bigaragara ko imirwano hagati ya Leta ya Syria n’abaturage bayo, abo mu bwoko bwa Druze, ikomeje kugora ubuyobozi.

Hagataho, isi yose itegereje kureba uko ibintu bizagenda mu minsi iri imbere.

Tags: IbiteroIsraelSyria
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?