• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunani nibo batangiye guhatanira kuyobora igihugu cya Uganda

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 30, 2025
in Regional Politics
0
Umunani nibo batangiye guhatanira kuyobora igihugu cya Uganda
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunani nibo batangiye guhatanira kuyobora igihugu cya Uganda

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Abakandinda umunani nibo batangiye kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu muri Uganda, aho ndetse banatangiye ibikorwa bibafasha gushaka amajwi mu matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa mbere umwaka wa 2026.

Ibi bikorwa byo kwiyamamaza byatangiye ku wa mbere tariki ya 29/09/2025, bikazarangira tariki ya 12 z’ukwezi kwa mbere uriya mwaka utaha.

Urutonde rw’abakandida rugaragaza ko ari abantu umunani.
Barimo perezida Yoweli Kaguta Museveni, ari na we uyoboye iki gihugu akaba ava mu ishyaka rya NRM.

Abandi ni Mugisha Muntu wo mu ishyaka rya Alliance for National Transformation, Robert Kyagulanyi, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine n’abandi.

Ku munsi wa mbere w’ibikorwa byo kwiyamamaza, ishyaka rya NRM ryo ryahuriye mu nama yaguye yo gutangaza uzayobora ibikorwa byo kwamamaza perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Bobi Wine we n’abamushigikiye batangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza mu gace ka Busoga mu Burasirazuba bw’iki gihugu, akomereza i Jinja mu majyaruguru y’igihugu.

Uyu Bobi Wine ufatwa nk’uzahangana na Museveni bikomeye, mu matora y’ubushize yo mu mwaka wa 2021 yari yagize amajwi 35%. Museveni agira 58%.

Mubarak Munyagwa, mbere y’uko atangira ibikorwa byo kwiyamamaza yabanje gusangira n’abarwanashyaka be anasengera mu mujyi wa Kampala mbere yo gutangira ibikorwa byo kwiyamamaza i Kampala.

Perezida Museveni uri mu biyayamaza, ategetse iki gihugu kuva mu mwaka wa 1986, nyuma yo gutsinda urugamba rwasize ruhiritse ubutegetsi bwa Milton Obote.

Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine uwo byitezwe ko ari we uzahatana bikomeye na perezida Museveni, ari mubakunzwe cyane, bitewe ahanini n’ibigwi yari afite mu muziki.

Binazwi ko mu mwaka wa 2017 kwari bwo yinjiye muri politiki ku mugaragaro, kuko ni nacyo gihe yatowe kuba Umudepite.

Tags: Abakandida umunaniAmàtoraUganda
Share34Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yikanzwe i Kisangani

AFC/M23/MRDP yikanzwe i Kisangani

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?