• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunani nibo batangiye guhatanira kuyobora igihugu cya Uganda

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 30, 2025
in Regional Politics
0
Umunani nibo batangiye guhatanira kuyobora igihugu cya Uganda
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunani nibo batangiye guhatanira kuyobora igihugu cya Uganda

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Abakandinda umunani nibo batangiye kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu muri Uganda, aho ndetse banatangiye ibikorwa bibafasha gushaka amajwi mu matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa mbere umwaka wa 2026.

Ibi bikorwa byo kwiyamamaza byatangiye ku wa mbere tariki ya 29/09/2025, bikazarangira tariki ya 12 z’ukwezi kwa mbere uriya mwaka utaha.

Urutonde rw’abakandida rugaragaza ko ari abantu umunani.
Barimo perezida Yoweli Kaguta Museveni, ari na we uyoboye iki gihugu akaba ava mu ishyaka rya NRM.

Abandi ni Mugisha Muntu wo mu ishyaka rya Alliance for National Transformation, Robert Kyagulanyi, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine n’abandi.

Ku munsi wa mbere w’ibikorwa byo kwiyamamaza, ishyaka rya NRM ryo ryahuriye mu nama yaguye yo gutangaza uzayobora ibikorwa byo kwamamaza perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Bobi Wine we n’abamushigikiye batangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza mu gace ka Busoga mu Burasirazuba bw’iki gihugu, akomereza i Jinja mu majyaruguru y’igihugu.

Uyu Bobi Wine ufatwa nk’uzahangana na Museveni bikomeye, mu matora y’ubushize yo mu mwaka wa 2021 yari yagize amajwi 35%. Museveni agira 58%.

Mubarak Munyagwa, mbere y’uko atangira ibikorwa byo kwiyamamaza yabanje gusangira n’abarwanashyaka be anasengera mu mujyi wa Kampala mbere yo gutangira ibikorwa byo kwiyamamaza i Kampala.

Perezida Museveni uri mu biyayamaza, ategetse iki gihugu kuva mu mwaka wa 1986, nyuma yo gutsinda urugamba rwasize ruhiritse ubutegetsi bwa Milton Obote.

Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine uwo byitezwe ko ari we uzahatana bikomeye na perezida Museveni, ari mubakunzwe cyane, bitewe ahanini n’ibigwi yari afite mu muziki.

Binazwi ko mu mwaka wa 2017 kwari bwo yinjiye muri politiki ku mugaragaro, kuko ni nacyo gihe yatowe kuba Umudepite.

Tags: Abakandida umunaniAmàtoraUganda
Share34Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yikanzwe i Kisangani

AFC/M23/MRDP yikanzwe i Kisangani

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?