• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yasabye ko yahuza imbaraga na perezida Paul Kagame w’u Rwanda bagasaba umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe guhagarika imirwano, ngo kuko iri gutwara ubuzima bw’abasivili benshi.

Yabivugiye mu nama ya kabiri ya global gateway forum iri kubera i Brussel mu Bubiligi, aho yatangiye kuri uyu wa kane ikazarangira ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 10/10/2025.

Perezida Tshisekedi yagize ati: “Mfatanyije n’iri huriro, ndabwira na perezida Paul Kagame, nkuramburiye ukuboko ngo twubake amahoro arambye. Icyo bisaba ni uko mutanga itegeko ku ngabo za M23, zishyigikiwe n’igihugu cyanyu, guhagarika izi ntambara zimaze gutwara ubuzima bw’abasivili b’inzirakarengane benshi.”

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakomeje avuga ko ibihano yasabiraga u Rwanda abihagarika hanyuma agategereza igisubizo perezida w’u Rwanda azamuha.

Yavuze kandi ko perezida Kagame akwiye kumufasha agahagarika intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibyo Tshisekedi akoze byo kwicisha bugufi bibaye ubwa mbere , kuko kuva umwuka mubi w’intambara hagati y’u Rwanda na RDC wavuka, kugeza ubwo intambara irota mu myaka ishize, u Rwanda ntirwahemye kugaragaza ko umuti wo guhagarika intambara barimo aribo bonyine bawufite aho gutekerereza ko u Rwanda arirwo rwihishe inyuma y’ibitagenda neza mu gihugu cyabo.

Uyu Tshisekedi wicishije bugufi, yagiye agaragaza cyane ko ashaka intambara, ndetse hari n’ubwo yigeze gutangaza ko azatera u Rwanda agakuraho ubutegetsi bw’i Kigali agashyiraho ubundi.

Kuba yicishije bugufi bigaragaza neza ko yaba amaze gukubitaka, ndetse kandi ko ashaka amahoro.

Tags: M23RdcRwanda
Share47Tweet29Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Muyumba yanenze ubutegetsi bwa RDC uburyo bukoresha dipolomasi

Muyumba yanenze ubutegetsi bwa RDC uburyo bukoresha dipolomasi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?