• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 20, 2025
in World News
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y’aho gishinje umutwe wa Hamas kwica amasezerano y’agahenge.

Ni ibitero Israel yakoze mu gihe Amerika yari yatangaje ko ifite amakuru ko Hamas iri gutegura igitero ku basivili muri Gaza.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yavuze ko icyo gitero giteganyijwe ku Banye-palestine cyabangamira intambwe ikomeye yatewe mu bikorwa by’ubuhuza.

Ariko Hamas yahakanye ko nta gitero cyegereje iteganya kugaba, inashinja Israel gufasha imitwe yitwaje intwaro iyirwanya muri Gaza.

Israel yo yavuze ko Hamas yagabye ibitero byinshi ku ngabo zayo irenze umurongo w’umuhondo.

Ivuga ko hari agace ingabo za Israel zavuyemo zisubira inyuma, bijyanye n’icyicaro cya mbere cy’amasezerano yagizwemo uruhare n’Amerika.

Uyu mutwe wa Hamas ukaba waratangaje ko wiyemeje kubahiriza agahenge ndetse ushinja Israel kukarengaho inshuro nyinshi no guhimba inzitwazo zo guha inshingano ibyaha byayo.

Ni amasezerano ari mu mugambi wa perezida Donald Trump, ugamije kubumaraho burundu intambara imaze imyaka irenga ibiri muri Gaza, yatangiye kubahirizwa tariki ya 10/10/2025.

Mu cyiciro cya mbere cy’agahenge, abashimuswe bose bakiri bazima bararekuwe, hamwe n’abantu12 muri 28 bapfuye.

Israel yarekuye imfungwa 250 z’Abanya-Palestine zari zifungiye mu magereza yayo ndetse inarekura n’izindi 1,718 yari fungiye muri Gaza.

Yasubije kandi imirambo 15 y’Abanyapalestine nk’ingurane kuri buri bisigazwa by’umunya-Israel washimuswe wapfuye.

Kuva ibitero bya Israel byatangira kugabwa muri Gaza, byibuze abantu 68,000 bamaze kubyicirwamo, nk’uko minisiteri y’ubuzima ya Hamas ibitangaza.

Tags: GazaIbiteroIsrael
Share24Tweet15Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?