• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 24, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

You might also like

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

Wazalendo babiri bishwe n’amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y’aho basubiranyemo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Ku gicamunsi cyo ku wa kane tariki ya 23/10/2025, ni bwo Wazalendo yasubiranyemo na FARDC, imirwano yabo ntiyatinze, ariko yasize babiri bo muri Wazalendo bahatakarije ubuzima.

Amakuru aturuka i Uvira akagaragaza ko barwaniye i Kavimvira igice giherereyemo umupaka ugabanya iki gihugu cya RDC n’icy’u Burundi.

Ni mirwano yasize Wazalendo babiri bahitanwe n’ikiyaga cya Tanganyika, nyuma y’uko barimo bageragaza guhunga bikarangira barohamye mu mazi.

Binavugwa ko abenshi muri aba Wazalendo bahungiye mu gace kitwa Nyangara, gaherereye hafi na Tanganyika. Ni mu gihe FARDC yari yabarushije imbaraga irabakubita baratawanyika.

Kuko hari n’abandi bo muri yo bahungiye mu misozi iherereye hejuru y’uyu mujyi wa Uvira ufatwa nk’uwa kabiri muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uwa Bukavu.

Wazalendo bakomeje gusubiranamo na FARDC mu gihe i Uvira hoherejwe abasirikare babiri ba ba General, barimo Brigadier General Amuli Civiri na mugenzi we bazananye. Aba bakaba ari bo bahawe kuyobora aka karere ka 33 ki ngabo za RDC kanafite icyicaro mu mujyi wa Uvira, nyuma y’uko i Bukavu cyoharaga hafashwe na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Binateganyijwe ko igihe c’isaha munani zo kuri uyu wa gatanu, aba basirikare bakuru bashya baragirana ikiganiro n’imitwe yose yitwaje intwaro ihurikiye muri Wazalendo.

Ni ikiganiro amakuru agera kuri Minembwe Capital News agaragaza ko kiri buze kwibanda ku mutekano, n’ubufatanye hagati ya FARDC na Wazalendo.

Tags: FardcUviraWazalendo
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

"Nari napfuye none nazutse"-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'aho byari bigize iminsi bivugwa...

Read moreDetails

“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

"Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda" -Umujyanama wa Tshisekedi Umujyanama wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fiston Chrisnovic Balanganyi, yavuze ko igihe kigeze ngo...

Read moreDetails

AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage na Wazalendo bafata abagore ku ngufu Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23 yavuze ko igiye guha igisubizo drones...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?