• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 24, 2025
in World News
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n’u Burusiya, ibihugu byombi bikaganira kubyerekeye kurangiza intambara muri Ukraine.

Yabitangaje nyuma y’uko umubonano hagati ya perezida Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin usubitswe.

Uyu munyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yavuze ko yari yaragiranye ikiganiro cyiza na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, kandi ko ibiganiro hagati y’ibihugu byombi bizakomeza. Anavuga kandi ko bagifite ubushake bwo kuganira n’Abarusiya.

Ku wa mbere w’i cyumweru gishize, Putin na Trump bagiranye ikiganiro, aho bivugwa ko cyamaze amasaha abiri. Ni nyuma y’aho Moscow na Washington DC batangaje ko biteguye inama y’aba bayobozi mu mujyi wa Budapest kugira ngo baganire ku gushyira iherezo intambara ya Ukraine.

Impande zombi zatangaje ko imyiteguro y’inama iri gukorerwa kandi ko ishobora kuba mu byumweru bibiri biri mbere.

Gusa, Trump yaje gutangaza ku wa gatatu ko iyi nama yahagaritswe, asobanura ko atumva ko bazagera ku mwanzuro ukenewe gukorwa.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika kandi zashyize ibihano bishya kuri Moscow, bigamije gukomanyiriza ibigo bibiri by’u Burusiya binini bya Lukoli na Rosneft.

Ariko ku rundi ruhande, Robio yasobanuye ko igihugu cye gifite ubushake bwo gukorana n’u Burusiya, avuga ko umwanzuro w’ibihano wafashwe na Trump kubera yuko hatariho intambwe ifatika mu ru ngendo rw’amahoro.

Nanone kandi umuvugizi w’ibiro bya minisitiri y’ubanye n’amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yavuze ko u Burusiya bukomeje kuba bushishikajwe no gukomeza kuganira na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Yongeraho kandi ko igihugu cye cyumva ko intego yo gukomeza kuganira na Amerika ari ugushyiraho ingengabihe y’ibindi biganiro hagati y’ibihugu byombi,ku birebana n’umubano w’ibihugu byombi no mu rugendo rwo gushaka igisubizo ku kibazo cya Ukraine.

Tags: ikiganiroPutinTrumpUkraine
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?