• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe uburyo byagenze kugira ngo abaheruka kwica umuntu i Nakivale batabwe muri yombi.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2025
in Conflict & Security
0
Nakivale: Yamaze kwicwa atabwa munsi y’inzira, ubuhamya.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uburyo byagenze kugira ngo abaheruka kwica umuntu i Nakivale batabwe muri yombi.

Umusore w’Umurundi uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25 na 30, akaba aheruka kwicirwa i Nakivale muri Uganda abamwishe nyuma y’uko bari babanje kubura byarangiye inzego z’umutekano zo muri iki gihugu zibataye muri yombi.

READ ALSO

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

Aha’rejo ku wa gatatu tariki ya 27/08/2025, ni bwo amakuru yitabwa muri yombi ryabishe umuntu i Nakivale yamenyekanye.

Ni mu gihe uriya musore w’Umurundi we ba mwishe mu joro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 24/08/2025.

Amakuru avuga ko bamwiciye Kabazana Kubigega munsi y’inzira iva ku Kibati igana Kabazana ku Bigega haherereye mu ntera ngufi uvuye ku biro bikuru by’inkambi y’impunzi ya Nakivale biri ahitwa Base Camp.

Mu kumwica nk’uko aya makuru akomeza avuga ni uko bamukuyeho umutwe n’ibiganza bakoresheje imihoro n’ibyuna; ibyo ngo bakaba barabikoze mu rwego rwo gusibanganya ibimenyetso.

Mu byo Minembwe Capital News yamaze kumenya, ibyo ikesha abayihaye ubuhamya, n’uko nyakwigendera yahamagawe mu ijoro n’abariya bantu bamwishe, kubera ko yakoraga akazi k’ubumotari yarabitabye nk’uwabonye abakiriya, abagezeho niko guhita bamufata baramwica.

Nyuma iperereza ryakozwe hifashishijwe imbwa n’ikorana buhanga ryafashe amashusho, ni mu gihe imbwa yo yatoye aho bataye umwenda naho buririye moto nyuma yo kumwica, naho ikorana buhanga hakoreshejwe igitelefone kinini batungaga ahari amaraso n’umurambo, maze kikabyerekana mu mashusho nk’ibintu biri kuba nka ko kanya, aho uriya musore yarimo yirwanaho. Ndetse kandi bana-trackinze iriya moto, gusa tracking yayo ikerekana bageze i Kampala bari guhinduza bimwe mu byuma byayo.

Ibi nibyo byaje kuranga abamwishe ko berekeje umuhanda wa Nakivale-Kampala, niko gukurikira ikirari bafata abagabo babiri ba Barundi, bafatirwa i Mukono bamaze gutambuka i Kampala.

Bivugwa ko mu gikapu cyabo basanzemo imyambaro y’uriya musore bishe, kandi iriho n’amaraso, no mugusamba kwabo baranze aho bataye umutwe n’ibiganza bye.

Biteganyijwe ko n’ibarangiza kwerekana ibice by’umubiri bya nyakwigendera, umuryango we uzamushyingura mucyubahiro, ahasigaye abamwishe bakurikiranwe n’ubutabera.

Tags: Abishe umuntuBatawe muri yombiNakivale

Related Posts

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
Conflict & Security

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

September 11, 2026
MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
Conflict & Security

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

September 11, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo

September 11, 2026
Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Next Post
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Abanyamulenge bongeye kugabwa ibitero bya drones by'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?