• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanye-kongo babujijwe kwitabira amarushanwa y’isi yo gusiganwa kw’amagare agiye kubera i Kigali

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 20, 2025
in Regional Politics
0
Abanye-kongo babujijwe kwitabira amarushanwa y’isi yo gusiganwa kw’amagare agiye kubera i Kigali
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanye-kongo babujijwe kwitabira amarushanwa y’isi yo gusiganwa kw’amagare agiye kubera i Kigali

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Amarushanwa y’isi yo gusiganwa kw’amagare ateganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda, Repubulika ya demokarasi ya Congo yabujije Abanye-Congo boyitabiriye kuyitabira.

Aya marushanwa yo gusigana kw’amagare azatangira ku cyumweru tariki ya 21/09/2025, aho azabera i Kigali ku murwa mukuru w’u Rwanda.

Amakuru aturuka muri RDC avuga ko “ishirahamwe rishinzwe igikorwa cy’isiganwa ry’amagare, ryafashe icyemezo cyo kutazohereza ababo mu Rwanda,” igihugu RDC ifata nk’umwanzi wa yo ukomeye.

Guverinoma ya RDC ishinja u Rwanda gutera inkunga mu bya gisirikare umutwe wa M23 uyizengereje, ariko rwo rutera utwatsi ibyo birego, ahubwo rugashinja guverinoma y’iki gihugu gukorana n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Aya marushanwa yo gusigana kw’amagare agiye kubera i Kigali mu Rwanda, ni aya mbere afatwa nka komeye ku mugabane wa Afrika wose.

Umuhango wo gusoza iki gikorwa uzaba ku ya 27 na 28 mu kwezi kwa cyenda, bizaba ari ibirori bikomeye, ariko nta munye-congo uzaba abirimo.

Nyamara Abanye-Congo batabyitabiriye, ntiborohewe kuko uruhombo ari bo ruriho. Umunyamabanga mukuru w’ishirahamwe ry’amagare muri RDC, Jean Claude Kongolo, yabwiye itangazamakuru ko u Rwanda rwateye igihugu cye, bityo ko kuba ari rwo rwakiriye aya marushanwa badakwiye kurujamo, kandi ko batabyishimiye na gato.

Yagize ati: “Igihugu cyakiriye isiganwa ry’amagare, cyateye igihugu cyanjye. Ni yo mpamvu abanyekongo tutibiriye.”

Ibi kandi byongeye gushimangirwa na minisitiri wa siporo muri RDC, Didier Budimbo, aho yagize ati: “Nta mu kinnyi w’amagare wo muri RDC uzajya i Kigali. Oya, ntibyashoboka.”

Bamwe mu Banye-Congo bari biteguye kujya muri aya marushanwa byababaje, nka Jimmy Muhindo uherereye mu bice bya bohowe na AFC/M23, yavuze ko ikibabaje kuri bo, ngo ni uko bari babyiteguye kandi ko bari barakoze imyitozo yabyo, bityo kuba babujijwe ku munota wa nyuma bi babaje.

Na ho Joel Kyaviro, umaze igihe abyitoreza muri Kenya, yavuze ko bibabaje kutitabira ariya marushanwa yo gusigana kw’amagare. Avuga ko yari yiteguye kuzerekana ubuhanga bwe, binyuze mubyo yitojemo.

Tags: BabujijweIrushanwa ry'amagareRdcRwanda
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF

Abanyamulenge baratabariza uwabo washimuswe n'abasirikare ba FARDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?