• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’uwa Kane, w’ejo hashize, tariki ya 11/01/2024, abantu makumyabiri n’umwe(21), barimo n’Abasirikare ba biri bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe w’inyeshamba wa M23, bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu(5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

You might also like

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Nk’uko bya vuzwe ibi bya vuye mu myanzuro u rukiko rwa Gisirikare ruherereye i Gombe, k’u murwa mukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariwo i Kinshasa.

Ay’amakuru akomeza avuga ko icenda(9), muri bariya makumyabiri n’umwe 21, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya, nibo bagizwe abere naho bariya basirikare bo bahanwa igihano cyo gufungwa Imyaka 10, abatari abasirikare bahabwa igihano cyo gufungwa Imyaka 5.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo n'Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa M23Bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Mu rwego rwo gushimangira inzira y’ibiganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, bwasabye iperereza ry'Imbitse ku matora aheruka kuba muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?