• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwayi ba Sida mu gahinda kenshi nyuma y’aho Amerika igize ibyo ihagarika kubyo yabafashaga.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2025
in Regional Politics
0
Abarwayi ba Sida mu gahinda kenshi nyuma y’aho Amerika igize ibyo ihagarika kubyo yabafashaga.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwayi ba Sida mu gahinda kenshi nyuma y’aho Amerika igize ibyo ihagarika kubyo yabafashaga.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Umuryango w’Abanyamerika uzwi nka USAID wafashe icyemezo cyo guhagarika inkunga watanga mu bihugu bimwe byo muri Afrika, ibibonwa ko bizagira ingaruka ku mibereho yabatari bake, ahanini ku barwayi ba Sida baribasanzwe bafashwa n’uwo mushinga.

Nko mu Rwanda, USAID yafashaga imishinga myinshi yo mu rwego rw’ubuzima, uburezi n’izindi nzego ndetse hari naho yafashaga mu mishinga ya Leta.

Umuryango wa “Save the children” ni umwe mu mishinga izagerwaho n’ingaruka, kuko wategwaga inkunga na USAID.

BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko yahawe ubuhamya n’umwe mubagendana ubwandu bwa Sida, akaba yari mubafataga imiti igabanya ubukana bwa Sida ndetse n’amafunguro yo kubafasha guhendahenda ubuzima.

Uwo mugabo yabwiye iki gitangazamakuru ko ihagarikwa ry’inkunga ya USAID, cyane cyane ku muryango we w’amikoro make rishobora kuzabagiraho ingaruka zikomeye.

Yagize ati: “Baduhaga ibijyanye n’imirire nk’ifu ndetse n’ibinini. Dufite impungenge cyane ko ubuzima bwacu bwahungabana kubera iyi nkunga ihagaze. Ni ukudutabara kuko benshi muri twe batangiye kwiheba.”

Umuryango mpuzamahanga wita kubana, “save the children,” na wo uri kurutonde rw’iyabonaga inkunga ya USAID mu gushyira mu bikorwa imwe mu mishinga yawo.

Uyu mushinga uvuga ko bimwe mu bikorwa byawo bizahungabana, cyane cyane ibyakorerwaga mu nkambi z’impunzi.

Umwe mu bahagarariye uwo mushinga mu Rwanda no mu Burundi yabwiye kiriya gitangazamakuru aho biteze impinduka zikomeye.

Ati: “Twari dufite imishinga yo guteza imbere imirire ndetse no kwigisha abana gusoma no kwandika. Iyi ni imishinga twakoreraga mu nkambi z’impunzi. Iyi yose izahungabana niba nta kindi gisubizo kibonetse vuba.

Mu nkambi zitandukanye, uyu mushinga uvuga ko wafashaga abana n’abagore basaga ibihumbi 150, bagiye kugirwaho ingaruka n’ihagarara ry’iyi nkunga.

Gusa hari icyizere ko bakigerageza, kandi ko bishobora kuzakunda, nk’uko uwo muyobozi abivuga.

Ati: “Save the children ni umuryango ukomeye kandi wakoranye na benshi . Turatekereza ko hari abazadufasha muri iki gikorwa cy’ingenzi. Ni ngombwa ko haboneka uburyo bwo gusimbura inkunga y’Abanyamerika igiye guhagarara.”

Ibi byatumye ubutegetsi bwo muri ibi bihugu byo muri Afrika, harimo n’u Rwanda bikangurira abaturage guhaguruka bagakora kugira ngo barwanye icyahungabanya ubuzima bwabo.

Tags: ImfashanyoSidaUSAID
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amateka akomeye.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y'amateka akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?