• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwayi ba Sida mu gahinda kenshi nyuma y’aho Amerika igize ibyo ihagarika kubyo yabafashaga.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2025
in Regional Politics
0
Abarwayi ba Sida mu gahinda kenshi nyuma y’aho Amerika igize ibyo ihagarika kubyo yabafashaga.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwayi ba Sida mu gahinda kenshi nyuma y’aho Amerika igize ibyo ihagarika kubyo yabafashaga.

You might also like

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Umuryango w’Abanyamerika uzwi nka USAID wafashe icyemezo cyo guhagarika inkunga watanga mu bihugu bimwe byo muri Afrika, ibibonwa ko bizagira ingaruka ku mibereho yabatari bake, ahanini ku barwayi ba Sida baribasanzwe bafashwa n’uwo mushinga.

Nko mu Rwanda, USAID yafashaga imishinga myinshi yo mu rwego rw’ubuzima, uburezi n’izindi nzego ndetse hari naho yafashaga mu mishinga ya Leta.

Umuryango wa “Save the children” ni umwe mu mishinga izagerwaho n’ingaruka, kuko wategwaga inkunga na USAID.

BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko yahawe ubuhamya n’umwe mubagendana ubwandu bwa Sida, akaba yari mubafataga imiti igabanya ubukana bwa Sida ndetse n’amafunguro yo kubafasha guhendahenda ubuzima.

Uwo mugabo yabwiye iki gitangazamakuru ko ihagarikwa ry’inkunga ya USAID, cyane cyane ku muryango we w’amikoro make rishobora kuzabagiraho ingaruka zikomeye.

Yagize ati: “Baduhaga ibijyanye n’imirire nk’ifu ndetse n’ibinini. Dufite impungenge cyane ko ubuzima bwacu bwahungabana kubera iyi nkunga ihagaze. Ni ukudutabara kuko benshi muri twe batangiye kwiheba.”

Umuryango mpuzamahanga wita kubana, “save the children,” na wo uri kurutonde rw’iyabonaga inkunga ya USAID mu gushyira mu bikorwa imwe mu mishinga yawo.

Uyu mushinga uvuga ko bimwe mu bikorwa byawo bizahungabana, cyane cyane ibyakorerwaga mu nkambi z’impunzi.

Umwe mu bahagarariye uwo mushinga mu Rwanda no mu Burundi yabwiye kiriya gitangazamakuru aho biteze impinduka zikomeye.

Ati: “Twari dufite imishinga yo guteza imbere imirire ndetse no kwigisha abana gusoma no kwandika. Iyi ni imishinga twakoreraga mu nkambi z’impunzi. Iyi yose izahungabana niba nta kindi gisubizo kibonetse vuba.

Mu nkambi zitandukanye, uyu mushinga uvuga ko wafashaga abana n’abagore basaga ibihumbi 150, bagiye kugirwaho ingaruka n’ihagarara ry’iyi nkunga.

Gusa hari icyizere ko bakigerageza, kandi ko bishobora kuzakunda, nk’uko uwo muyobozi abivuga.

Ati: “Save the children ni umuryango ukomeye kandi wakoranye na benshi . Turatekereza ko hari abazadufasha muri iki gikorwa cy’ingenzi. Ni ngombwa ko haboneka uburyo bwo gusimbura inkunga y’Abanyamerika igiye guhagarara.”

Ibi byatumye ubutegetsi bwo muri ibi bihugu byo muri Afrika, harimo n’u Rwanda bikangurira abaturage guhaguruka bagakora kugira ngo barwanye icyahungabanya ubuzima bwabo.

Tags: ImfashanyoSidaUSAID
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amateka akomeye.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y'amateka akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?