• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abashyigikiye Kabila baranenga perezida Tshisekedi wagize ibyo yica.

minebwenews by minebwenews
September 19, 2024
in Regional Politics
0
Abashyigikiye  Kabila baranenga perezida Tshisekedi wagize ibyo yica.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashyigikiye Joseph Kabila baranenga perezida Tshisekedi wagize ibyo yica.

You might also like

RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

Ihuriro rya FCC n’andi mashyaka ashyigikira Joseph Kabila wayobye Congo Kinshasa imyaka 18, baranenga perezida Félix Tshisekedi ku bwo kuba yararenze ku masezerano arimo aya Nairobi nay’i Luanda.

FCC bivuze Front Commun pour le Congo. Ku nenga ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi ni imwe mu ngingo zikomeye z’ubutumwa abahagarariye ihuriro rya FCC bayobowe na Emmanuel Ramazani Shadari, bageneye Jean Pierre Lacroix ushinzwe ubutumwa bw’amahoro mu muryango w’Abibumbye, mu gihe yari afite uruzinduko rwa kazi i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo muri iyi minsi.

Yageze muri iki gihugu mu gihe abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, aho bagaragaje icyifuzo cyo gushyigikirana na we kugira ngo bufatanye mu kurwanya uwo bita umwanzi w’igihugu.

Aya mashyaka kandi yagaragaje ibibazo byugarije igihugu harimo umutekano wazambye hose, ubugizi bwa nabi bwahawe intebe, kubiba mo abaturage ubwoba no kwica abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi.

FCC yagaragaje ko ibibazo biri muri RDC biva ku kuba ubutegetsi ari bubi bwazanye igitugu, bityo ko kugira ngo RDC ibone amahoro, bikwiye kwegura hashyingiwe ku ngingo y’itegeko nshinga ibiteganya.

Iri huriro rinavuga kandi ko nta mpamvu igomba gutuma baganira n’umunyagitugu uba ushaka kwerekana ko ibyo atekereza ari byo bifite agaciro gusa, akabirutisha ibindi byose.

Banagagaragaje ko inshuro zose ubutegetsi bwa Kinshasa bwagiye mu biganiro, butigeze bw’ubahiriza amasezerano abyerekeye. Banatanga urugero ku ya Geneve mu Busuwisi yo gucyura impunzi z’Abanye-kongo, amasezerano yaryo n’ihuriro rya CACH yasheshwe na Tshisekedi mu 2020.

Andi masezerano bavuzeho ni ayafatiwe i Nairobi muri Kenya asaba ko RDC igirana ibiganiro n’imitwe yitwaje imbunda n’amasezerano ya Luanda muri Angola asaba ubu butegetsi bwa Tshisekedi n’u bw’u Rwanda gushakira umuti amakimbirane bafitanye.

Nyuma yuko bifashwe nk’aho Joseph Kabila yahunze igihugu kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, Tshisekedi nyuma yaho gato yahise atangaza ko Kabila ari we washinze ihuriro rya AFC ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’uwitwaje imbunda wa M23.

Ibyo abo muri FCC bahise bamaganira kure, nubwo Joseph Kabila we ataragira icyo abivugaho. Abo muri iri huriro rya FCC banatangaje ko kuba Tshisekedi ashinja Kabila gushyinga AFC ari turufu yo kugira ngo abone uko akorera amahano abo batavuga rumwe.

                MCN.
Tags: Amashyaka ashigikiye Joseph KabilaAranengaMu masezeranoPerezida Félix TshisekediWagize ibyo yica
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC Yemeje Ibiganiro by’Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze

RDC Yemeje Ibiganiro by'Abanyekongo, Ifata Umwanzuro Ukomeye Kuri AFC/M23; Inagaragaza Aho Imyiteguro Igeze MINEMBWE CAPITAL NEWS Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gushimangira ko ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails
Next Post
Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo, abakora uburaya bahawe amasomo akomeye.

Uvira muri Kivu y'Amajy'epfo, abakora uburaya bahawe amasomo akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?