• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abashyigikiye Kabila baranenga perezida Tshisekedi wagize ibyo yica.

minebwenews by minebwenews
September 19, 2024
in Regional Politics
0
Abashyigikiye  Kabila baranenga perezida Tshisekedi wagize ibyo yica.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashyigikiye Joseph Kabila baranenga perezida Tshisekedi wagize ibyo yica.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ihuriro rya FCC n’andi mashyaka ashyigikira Joseph Kabila wayobye Congo Kinshasa imyaka 18, baranenga perezida Félix Tshisekedi ku bwo kuba yararenze ku masezerano arimo aya Nairobi nay’i Luanda.

FCC bivuze Front Commun pour le Congo. Ku nenga ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi ni imwe mu ngingo zikomeye z’ubutumwa abahagarariye ihuriro rya FCC bayobowe na Emmanuel Ramazani Shadari, bageneye Jean Pierre Lacroix ushinzwe ubutumwa bw’amahoro mu muryango w’Abibumbye, mu gihe yari afite uruzinduko rwa kazi i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo muri iyi minsi.

Yageze muri iki gihugu mu gihe abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, aho bagaragaje icyifuzo cyo gushyigikirana na we kugira ngo bufatanye mu kurwanya uwo bita umwanzi w’igihugu.

Aya mashyaka kandi yagaragaje ibibazo byugarije igihugu harimo umutekano wazambye hose, ubugizi bwa nabi bwahawe intebe, kubiba mo abaturage ubwoba no kwica abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi.

FCC yagaragaje ko ibibazo biri muri RDC biva ku kuba ubutegetsi ari bubi bwazanye igitugu, bityo ko kugira ngo RDC ibone amahoro, bikwiye kwegura hashyingiwe ku ngingo y’itegeko nshinga ibiteganya.

Iri huriro rinavuga kandi ko nta mpamvu igomba gutuma baganira n’umunyagitugu uba ushaka kwerekana ko ibyo atekereza ari byo bifite agaciro gusa, akabirutisha ibindi byose.

Banagagaragaje ko inshuro zose ubutegetsi bwa Kinshasa bwagiye mu biganiro, butigeze bw’ubahiriza amasezerano abyerekeye. Banatanga urugero ku ya Geneve mu Busuwisi yo gucyura impunzi z’Abanye-kongo, amasezerano yaryo n’ihuriro rya CACH yasheshwe na Tshisekedi mu 2020.

Andi masezerano bavuzeho ni ayafatiwe i Nairobi muri Kenya asaba ko RDC igirana ibiganiro n’imitwe yitwaje imbunda n’amasezerano ya Luanda muri Angola asaba ubu butegetsi bwa Tshisekedi n’u bw’u Rwanda gushakira umuti amakimbirane bafitanye.

Nyuma yuko bifashwe nk’aho Joseph Kabila yahunze igihugu kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, Tshisekedi nyuma yaho gato yahise atangaza ko Kabila ari we washinze ihuriro rya AFC ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’uwitwaje imbunda wa M23.

Ibyo abo muri FCC bahise bamaganira kure, nubwo Joseph Kabila we ataragira icyo abivugaho. Abo muri iri huriro rya FCC banatangaje ko kuba Tshisekedi ashinja Kabila gushyinga AFC ari turufu yo kugira ngo abone uko akorera amahano abo batavuga rumwe.

                MCN.
Tags: Amashyaka ashigikiye Joseph KabilaAranengaMu masezeranoPerezida Félix TshisekediWagize ibyo yica
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo, abakora uburaya bahawe amasomo akomeye.

Uvira muri Kivu y'Amajy'epfo, abakora uburaya bahawe amasomo akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?