Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare barasiye hafi n’ikibuga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muriyombi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 16, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare barasiye hafi n’ikibuga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muriyombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare babiri ba Fardc, batawe muriyombi, i Goma, bazira guteza umutekano muke muri ibyo bice.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nyuma y’uko abo basirikare barashe amasasu menshi mu ijoro ryo ku wa Gatanu, rishira kuri uyu wa Gatandatu.

Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Colonel Ndjike Kaiko Guillaume yemeje ay’amakuru avuga ko abo basirikare baraye bateje umutekano muke bahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano, i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uy’u muvugizi w’igisirikare cya FARDC, akavuga ko bahagaritswe kumpamvu zo kurasa amasasu buzira impamvu, ko kandi bayarasiye hafi n’ikibuga cy’Indege cya Goma.

Akavuga kandi ko kugira bariya basirikare barase hari habaye ukutumvikana hagati yabo bikabaviramo kurasagura.

Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yakomeje avuga ko bagiye koherezwa i Kinshasa, gufungirwa yo.

Yagize ati: “Abasirikare barashe, twabafashe. Haribyo tubashinja, kandi bashobora koherezwa i Kinshasa.”

Bamwe mu baturage baturiye i Goma, bavuganye na Minembwe Capital News, igihe c’isaha z’igicamunsi bavuga ko mu ijoro ryakeye humvikanye urusaku rw’imbunda, ariko bakaba batazi ibyayo.

Banavuze ko bakeka ko ayo masasu yoba yararashwe n’abasirikare bikanze. Ibi bikaba atari igicitsi ku ngabo za RDC kuko bahora bikanga bigateza umutekano mu mu baturage.

          MCN.
Tags: Abasirikare babiriBataweMuriyombi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwikoma ubutegetsi bw’u Rwanda, maze anenga Abarundi babaye imbata z’icyo gihugu.

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwikoma ubutegetsi bw'u Rwanda, maze anenga Abarundi babaye imbata z'icyo gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?