• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 5, 2025
in Regional Politics
0
Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

You might also like

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zigiye kohereza abimukira 250 mu Rwanda nyuma y’aho ibi bihugu byombi bibyumvikanyeho.

Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’u Rwanda, Yolande Makolo ubwo yahaga abanyamakuru bakorera ibiro ntara makuru bya Bwongereza, Reuters.

Yavuze ko amasezerano hagati y’u Rwanda na Leta Zunze ubumwe z’Amerika yokohereza abimukira yasinyiwe i Kigali mu Rwanda, kandi ko agize igihe kirekire nubwo bitatangajwe mbere.

Yagize ati: “U Rwanda rw’umvikanye na Leta Zunze ubumwe z’Amerika kwakira abimukira 250, kuko buri muryango wo mu Rwanda uzi ububabare bwo gukurwa mu byawo, kandi indangagaciro zacu zishingiye ku kongera kwiyubaka no kongera kuba mu buzima busanzwe.”

Yakomeje avuga ko muri ayo masezerano u Rwanda rufite uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga umwimukira umwe ku wundi waba ugiye koherezwa na Amerika.

Ati: “Abazaba bemerewe bazahabwa uburyo bwo kuba bahabwa amahugurwa, ubuvuzi ndetse n’aho kuba bizafasha kuba mu Rwanda, ndetse no kugira amahirwe yo gutanga umusanzu muri kimwe mu bihugu bikomeje kwihuta mu iterambere kuva mu myaka icumi ishize.”

Ibiro by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’ibya minisiteri y’ubanye n’amahanga yayo, ntacyo biratangaza ku by’aya masezerano.

Perezida wa Amerika, Donald Trump kimwe mu byo ashyize imbere ni uguhangana n’ikibazo cy’abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ndetse ubwo yiyamamazaga yarasezeranyije Abanyamerika kuzaca intege iki kibazo.

Mu mpera z’umwaka ushize ubwo Trump yari amaze gutsinda amatora, itsinda rye ryahise ritangira kwiga uburyo iki gihugu cyohereza abimukira mu bihugu byo muri Afrika birimo n’u Rwanda.

Kuri ubwo, Amerika ifite umugambi wo kohereza abantu bakatiwe n’inkiko bakajya mu bihugu nka Sudan y’Epfo, na Swaziland.

Amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda si mashya, kuko rwanigeze kuyagirana n’u Bwongereza ariko agenda agira imbogamizi, kugeza ubwo bayahagaritse.

Ibi bibaye mu gihe mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe yari yavuze ko u Rwanda ruri kugirana ibiganiro na Amerika, bigamije kukohereza abimukira.

Tags: AbimukiraAmerikaKoherezwaU Rwanda
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n'ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro. Umuryango w'Abibumbye wavuze ko hari ibihugu 32 birimo 16 byo...

Read moreDetails

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

U Burundi buraramutswa minisitiri w'intebe mushya. Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, ari we Nestor Ntahontuye. Uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, nibwo...

Read moreDetails

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

by minebwenews
August 5, 2025
0
Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Ethiopia-Eritrea Border Tensions Escalate as Troops and Heavy Weaponry Deploy Near AssabAddis Ababa. August 5, 2025 Reports confirmed Tensions between Ethiopia and Eritrea have reached a critical point as...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko igihugu cye ko kizakomeza kwitabira ibiganiro...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y'ubufatanye mu bukungu. Repubulika ya demokarasi ya Congo n'u Rwanda byashyizeho amahame abiganisha ku bufatanye mu iterambere ry'ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?