• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2025
in Regional Politics
0
Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zigiye kohereza abimukira 250 mu Rwanda nyuma y’aho ibi bihugu byombi bibyumvikanyeho.

READ ALSO

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’u Rwanda, Yolande Makolo ubwo yahaga abanyamakuru bakorera ibiro ntara makuru bya Bwongereza, Reuters.

Yavuze ko amasezerano hagati y’u Rwanda na Leta Zunze ubumwe z’Amerika yokohereza abimukira yasinyiwe i Kigali mu Rwanda, kandi ko agize igihe kirekire nubwo bitatangajwe mbere.

Yagize ati: “U Rwanda rw’umvikanye na Leta Zunze ubumwe z’Amerika kwakira abimukira 250, kuko buri muryango wo mu Rwanda uzi ububabare bwo gukurwa mu byawo, kandi indangagaciro zacu zishingiye ku kongera kwiyubaka no kongera kuba mu buzima busanzwe.”

Yakomeje avuga ko muri ayo masezerano u Rwanda rufite uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga umwimukira umwe ku wundi waba ugiye koherezwa na Amerika.

Ati: “Abazaba bemerewe bazahabwa uburyo bwo kuba bahabwa amahugurwa, ubuvuzi ndetse n’aho kuba bizafasha kuba mu Rwanda, ndetse no kugira amahirwe yo gutanga umusanzu muri kimwe mu bihugu bikomeje kwihuta mu iterambere kuva mu myaka icumi ishize.”

Ibiro by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’ibya minisiteri y’ubanye n’amahanga yayo, ntacyo biratangaza ku by’aya masezerano.

Perezida wa Amerika, Donald Trump kimwe mu byo ashyize imbere ni uguhangana n’ikibazo cy’abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ndetse ubwo yiyamamazaga yarasezeranyije Abanyamerika kuzaca intege iki kibazo.

Mu mpera z’umwaka ushize ubwo Trump yari amaze gutsinda amatora, itsinda rye ryahise ritangira kwiga uburyo iki gihugu cyohereza abimukira mu bihugu byo muri Afrika birimo n’u Rwanda.

Kuri ubwo, Amerika ifite umugambi wo kohereza abantu bakatiwe n’inkiko bakajya mu bihugu nka Sudan y’Epfo, na Swaziland.

Amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda si mashya, kuko rwanigeze kuyagirana n’u Bwongereza ariko agenda agira imbogamizi, kugeza ubwo bayahagaritse.

Ibi bibaye mu gihe mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe yari yavuze ko u Rwanda ruri kugirana ibiganiro na Amerika, bigamije kukohereza abimukira.

Tags: AbimukiraAmerikaKoherezwaU Rwanda

Related Posts

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania
Regional Politics

Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania

September 8, 2026
Next Post
Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?