• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Intumwa za AFC/M23 n’intumwa za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu biganiro bikomeje kubera i Doha muri Qatar haribyo zamaze kumvikanaho, bifasha kugarura ituze n’amahoro mu gihugu.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na AFC/M23 , aho rinagaragaza ko ryasomwe kuri televisiyo y’igihugu. Iri tangazo rikaba ibirikubiyemo bimenyekanisha ko impande zombi haribyo zumvikanyeho mu biganiro by’i Doha.

Muri iryo tangazo, AFC/M23 ivuga ko mu rwego rw’ubushake bwa buri ruhande ku ntambara binyuze mu nzira y’amahoro, intumwa za Leta ya Congo n’iza AFC/M23 zagiranye ibiganiro bigamije amahoro bibonwa na Leta y’i Doha muri Qatar.

Rikomeza rivuga ko nyuma y’ibiganiro byubaka kandi byo kubwizanya ukuri, abahagarariye guverinoma ya Kinshasa n’ihuriro rya AFC/M23 bemeranyije gukorera hamwe kugira ngo bagere ku mwanzuro wo gushyiraho agahenge k’imirwano kandi kubahiizwe.

Abari mu biganiro kandi biyemeje kugira icyo bakora kugira ngo bahagarike imirwano, imvugo z’urwango no gutera ubwoba, kandi bagashishikariza abatuye RDC kubahiriza iyo myanzuro.

Itangazo rivuga ko abari mu biganiro biyemeje kubahiriza imyanzuro yafashwe kugira ngo ibe imbarutso yo gutangira ibiganiro byubaka mu rwego rwo kugira ngo amahoro aboneke mu Burasizuba bw’iki gihugu no mu karere.

Ibyo biganiro ngo biziga impamvu zimbitse zihishe inyuma y’ibibazo biriho ubu muri RDC kugira ngo bibashe gukemura burundu no kurangiza intambara z’urudaca ziri muri iki gihugu.

Uruhande rwa AFC/M23 rwiyemeje kubahiriza iyo myanzuro mu gihe cy’ibiganiro kugeza bigeze ku mwanzuro wa nyuma.

Abari mu biganiro basabye abaturage b’iki gihugu, abakuriye amadini n’itangazamakuru gushyigikira ibyavuzwe mu rwego rwo gutanga icyizere.

Hagataho, hategerejwe kuzamenya igihe abaganira biyemeje cyo kuzakomeza ibyo biganiro n’ababyitabira kugira ngo buri ruhande rugire icyo rukora.

Tags: AFC/m23I DohaRdc
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?