• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Intumwa za AFC/M23 n’intumwa za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu biganiro bikomeje kubera i Doha muri Qatar haribyo zamaze kumvikanaho, bifasha kugarura ituze n’amahoro mu gihugu.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na AFC/M23 , aho rinagaragaza ko ryasomwe kuri televisiyo y’igihugu. Iri tangazo rikaba ibirikubiyemo bimenyekanisha ko impande zombi haribyo zumvikanyeho mu biganiro by’i Doha.

Muri iryo tangazo, AFC/M23 ivuga ko mu rwego rw’ubushake bwa buri ruhande ku ntambara binyuze mu nzira y’amahoro, intumwa za Leta ya Congo n’iza AFC/M23 zagiranye ibiganiro bigamije amahoro bibonwa na Leta y’i Doha muri Qatar.

Rikomeza rivuga ko nyuma y’ibiganiro byubaka kandi byo kubwizanya ukuri, abahagarariye guverinoma ya Kinshasa n’ihuriro rya AFC/M23 bemeranyije gukorera hamwe kugira ngo bagere ku mwanzuro wo gushyiraho agahenge k’imirwano kandi kubahiizwe.

Abari mu biganiro kandi biyemeje kugira icyo bakora kugira ngo bahagarike imirwano, imvugo z’urwango no gutera ubwoba, kandi bagashishikariza abatuye RDC kubahiriza iyo myanzuro.

Itangazo rivuga ko abari mu biganiro biyemeje kubahiriza imyanzuro yafashwe kugira ngo ibe imbarutso yo gutangira ibiganiro byubaka mu rwego rwo kugira ngo amahoro aboneke mu Burasizuba bw’iki gihugu no mu karere.

Ibyo biganiro ngo biziga impamvu zimbitse zihishe inyuma y’ibibazo biriho ubu muri RDC kugira ngo bibashe gukemura burundu no kurangiza intambara z’urudaca ziri muri iki gihugu.

Uruhande rwa AFC/M23 rwiyemeje kubahiriza iyo myanzuro mu gihe cy’ibiganiro kugeza bigeze ku mwanzuro wa nyuma.

Abari mu biganiro basabye abaturage b’iki gihugu, abakuriye amadini n’itangazamakuru gushyigikira ibyavuzwe mu rwego rwo gutanga icyizere.

Hagataho, hategerejwe kuzamenya igihe abaganira biyemeje cyo kuzakomeza ibyo biganiro n’ababyitabira kugira ngo buri ruhande rugire icyo rukora.

Tags: AFC/m23I DohaRdc
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?