• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in Regional Politics
0
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) kiri mu biganiro n’imwe muri sosiyete zo mu Bushinwa, mu rwego rwo kugira ngo iyigurisheho drones z’intambara zitatu.

Aya makuru yashyizwe hanze na Africa intelligence, aho yatangaje ko sosiyete yitwa Catic yo mu Bushinwa iri mu biganiro n’igisirikare cya RDC kugira ngo iyigurisheho drones z’intambara zitatu zo mu bwoko bwa “Wing Loong.”

Iki gitangazamakuru kikaba cyagaragaje ko igisirikare cya RDC gishaka kugura izi ndege zitagira abapilote kugira ngo kizifashishe mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho mu Burasizuba bwa Congo.

Iyi mitwe yombi kuri ubu igenzura ibice byinshi byo mu Burasizuba bw’iki gihugu, ubwo ni mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, kuko ifite n’imijyi irimo uwa Goma n’uwa Bukavu.

Aya makuru akomeza avuga ko ziriya drones uko ari zitatu, iki gisirikare cya RDC gishobora kuzazitangaho abarirwa muri $ miliyoni 200.

Mu biganiro impande zombi ziri kugirana harimo kuba iriya sosiyete ya Catic igomba kumara amezi ane yigisha igisirikare cya RDC gukoresha ziriya drones.

Harimo kandi ingingo yuko iriya sosiyete igomba gufasha RDC gusana ziriya drones byibura mu gihe cy’imyaka itanu.

RDC iravugwa muri uyu mugambi wo kugera ziriya drones mu gihe yari imaze iminsi iganira na M23 i Doha muri Qatar.

Ibi biganiro bikaba bitanga icyizere bikurikiranye n’itangazo AFC/M23 yaraye ishyize hanze ndetse kandi rigasomwa kuri televisiyo y’igihugu ya Congo, izwi nka RTNC.

Ariko kandi M23 mu minsi ishyize yari yavuye mu mujyi wa Walikale, ariko aha’rejo ku wa gatatu yongeye gufata iki gice, nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC zikomeje kuyishoraho ibitero.

Ubundi kandi igisirikare cya RDC kiri mu biganiro byo kugura drones z’intambara, mu gihe mu myaka ibiri ishyize cyari cyaguze drones icyenda zo mu bwoko bwa CH-4 zo mu Bushinwa, gusa birangira abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bazihanuye zose kwari 9.

Tags: ChinaFardcWing Loong
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n’icyo avuga kuri RDC.

Perezida Trump yiyamye Abanye-Congo agira n'icyo avuga kuri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?