• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
May 21, 2025
in Regional Politics
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

You might also like

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

Amabuye y’agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u Rwanda kuyacukura mu buryo butemewe n’amategeko, ubu noneho agiye kuzajya arwoherezwamo mu buryo bwemewe n’amategeko.

Ni amakuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza (Reuters), bivuga ko kubera amasezerano y’amahoro ahagarikiwe na Washington DC aho ihuza Kinshasa na Kigali humvikanywe ko amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda kugira ngo ariyo atunganyirizwa abone koherezwa muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Kinshasa yavugaga ko ubutunzi bw’amabuye y’agaciro bwayo ko ari yo nyiribayazana y’amakimbirane hagati y’ingabo zayo n’umutwe wa M23 uwo ivuga ko ushyigikiwe n’u Rwanda mu Burasizuba bwa Congo, uyu mutwe ukaba warakajije umurego mu kwezi kwa mbere uyu mwaka. Bityo RDC ikavuga ko u Rwanda rubyungukiramo cyane, ngo kuko rwinjiza amamiliyoni mirongo y’amadorali y’amabuye y’agaciro anyuzwa ku mupaka buri kwezi kugira ngo agurishwe mu Rwanda.

Amerika yifuza ko amasezerano y’amahoro hagati y’impande zombi azshyirwaho umukono muri uku kwezi gutaha, aherekejwe n’amasezerano y’amabuye y’agaciro agamije kuzana amamiliyari y’amadorali y’abashoramari bo mu burengerazuba bw’Isi, nk’uko Massade Boulos, umujyanama wa perezida Donald Trump muri Afrika yabitangarije Reuters iyo dukesha iyi nkuru.

Anaheruka kubitangaza akoresheje urubuga rwa x, avuga ko Amerika yatanze umushinga wa mbere w’amasezerano ku mpande zombi, nubwo ibiyakubiyemo bitatangajwe.

Bivugwa ko imishyikirano ishobora gutuma amabuye y’agaciro acukurwa kuri ubu mu buryo bwa gakondo mu Burasizuba bwa Congo, hanyuma akajanwa gutunganyirizwa mu Rwanda.

Umuvugizi wa guverinoma ya Kinshasa, mu bibazo yabajijwe yasubije ko byabazwa minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, ariko na we ntiyabisubiza. Umwe mu bayobozi bo muri Congo, utashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko nta bufatanye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bushobora kubaho mu gihe Ingabo z’u Rwanda ndetse n’abo bakorana, bakigenzura uduce twinshi kuruta mbere hose mu Burasizuba bwa Congo.

Yanavuze ko u Rwanda ruzakenera kandi kubahiriza ubusugire bw’i gihugu cyabo kuri buri kintu, harimo n’amabuye y’agaciro.

Naho ku ruhande rw’u Rwanda nk’uko Reuters ikomeza ibivuga, imishyikirano ishobora kuzana amafaranga menshi ashobora kurufasha gusukura ibyari urwego rutemewe mu bukungu bwarwo. Hagataho, Amerika ku ruhande rwayo, bikazayifasha yo n’abafatanyabikorwa bayo kugera ku mubaye y’agaciro ya Congo yacukurwaga ku bwinshi n’u Bushinwa.

Amerika kandi ivuga ko itangazo ryashyizweho umukono mu kwezi gushize, RDC n’u Rwanda byiyemeje gushyiraho uburyo bwo gukurikirana icukurwa ry’ayamabuye y’agaciro mu mucyo, kuva ku birombe kugeza aho atunganyirizwa hahuriye ibihugu byombi, kandi ko bizakorwa ku bufatanye na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Boulos yatangarije Reuters ko mu cyumweru gishize, abayobozi ba Leta Zunze ubumwe z’Amerika bakoranye inama n’abashoramari bo muri Amerika bagera kuri 30, ahanini bo ku bijyanye no gukorera ubucuruzi mu Rwanda mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, harimo n’ibikorwa byo kuyatunganya.

Tags: Amabuye y'AgaciroAmerikaRwanda
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?