• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru arambuye ku masezerano u Rwanda na RDC byiteze gusinya.

minebwenews by minebwenews
September 25, 2024
in Regional Politics
1
Amakuru arambuye ku masezerano u Rwanda na RDC byiteze gusinya.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru arambuye ku masezerano u Rwanda na RDC byiteze gusinya.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umukuru w’igihugu cya Angola, João Lourenço yatangaje ko aheruka guha umushinga u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo w’uko ibi bihugu byombi byemeza ko bisinya amasezerano y’amahoro.

Imyaka igiye kuba itatu, u Rwanda na RDC biri mu bibazo by’amakimbirane y’intambara, aho RDC ishinja Kigali guha ubufasha umutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi bwa Kinshasa. Ibi Kigali yagiye ibitera utwatsi, hubwo igashinja iki gihugu kuba gikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Perezida João Lourenço usanzwe ari umuhuza muri ibi bibazo by’u Rwanda na RDC, iby’umushinga w’amahoro hagati y’ibi bihugu byombi yabigarutseho ubwo yari i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ni mu gihe yagezaga ijambo ku nteko rusange ibaye ku nshuro ya 79 y’umuryango w’Abibumbye.

Yasobanuye ko mu rwego rwo gukemura aya makimbirane, impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC (Ingabo za FARDC na M23) zemeye gutanga agahenge bigizwemo uruhare n’ibiganiro by’i Luanda.

Yagize ati: “Mu rwego rwo gukomeza ibimaze kugerwaho, Angola yatanze icyifuzo cy’amasezerano y’amahoro, igiha Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda.”

Yunzemo kandi ko ibikubiye muri aya masezerano byasuzumwe n’abaminisitiri b’ubanye n’amahanga bo muri ibyo bihugu uko ari bitatu, u Rwanda, Angola na RDC, hagamijwe kumvikana ku buryo hazaterana inama izasinyirwamo ayo masezerano y’amahoro. Yasoje avuga ko aya masezerano agomba kuzasiga u Rwanda na Congo Kinshasa bifite umubano mwiza.

               MCN.
Tags: AmasezeranoAngolaPerezida João LourençoRwandaY'amahoro
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku rubyiruko rw’Abanye-kongo rukomeje kwinjira igisirikare.

Ibyo wa menya ku rubyiruko rw'Abanye-kongo rukomeje kwinjira igisirikare.

Comments 1

  1. Rugenerwa Bigangu Jackson says:
    1 year ago

    Bazaya sinyase ryari kwarukubeshana gusaa Bitama kombona kumva kwe bigoye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?