Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 19, 2025
in Regional Politics
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

You might also like

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Nyuma y’iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by’imishyikirano hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, biteganyijwe ko hatangazwa ku mugagaro intambwe imaze kugerwaho muri ibyo biganiro.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, ni bwo ku cyicaro cya minisiteri y’ubanyi n’amahanga ya Qatar hakorwa ikiganiro n’itangazamakuru kuri ibi biganiro.

Biteganyijwe kandi ko muri iki kiganiro n’abanyamakuru haza kugarukwaho ku bimaze kugerwaho muri ibi biganiro bimaze iminsi irenga irindwi, nk’uko ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters dukesha iyi nkuru byabitangaje.

Bikaba binitezwe ko hatangazwa amahame azagena amasezerano azasinywa hagati y’impande zombi, nk’igikorwa gishimangira intambwe imaze guterwa muri ibi biganiro biyobowe na Qatar.

Rero, ibi akaba ari inyandiko ya kabiri igiye gusinywa hagati ya RDC na AFC/M23 nyuma y’iyo ku wa 22/04/2025. Icyo gihe impande zombi zari zemeranyije gukorana kugira ngo bagere ku mwanzuro wo guhagarika intambara. Nyamara ibi ntibyagezweho kuko imirwano ikicyumvikana mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa RDC.

Hajuru y’ibyo, ibi biganiro by’i Doha, biri kuzuza amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati ya RDC n’u Rwanda i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, imbere ya minisitiri w’ubanye n’amahanga, Marco Rubio. Aya yasinywe tariki ya 27/06/2025.

Tags: AFC/m23DohaRdc
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi. Umunyapolitiki, Robert Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine, akaba arwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yiswe Umurundi. Bikubiye mu butumwa...

Read moreDetails

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry'imipaka. Alhajji Kalisa Farid, uhagarariye Uganda muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yahamagajwe n'ubutegetsi bw'iki gihugu gutanga...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?