• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Amatora Naramuka Abaye Mu Mucyo, Nzubahiriza Ibyavuyemo” — Bobi Wine

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 9, 2026
in Regional Politics
0
“Amatora Naramuka Abaye Mu Mucyo, Nzubahiriza Ibyavuyemo” — Bobi Wine
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Amatora Naramuka Abaye Mu Mucyo, Nzubahiriza Ibyavuyemo” — Bobi Wine

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje ko yiteguye kwakira no kubahiriza ibyavuye mu matora ateganyijwe, mu gihe cyose azaba yabaye mu mucyo no mu bwisanzure, yaba ayatsinze cyangwa ayatsinzwe.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Bobi Wine yashimangiye ko nubwo intego ye ari ugutsinda amatora, icy’ingenzi kurusha ibindi ari uko azakorwa mu mucyo, hubahirijwe amategeko, kandi nta kubangamira uburenganzira bw’abaturage. Yagize ati: “Niba amatora abaye mu mucyo, nzemera aho abaturage bashyize amajwi yabo.”

Yasabye Leta ya Uganda kwirinda guhagarika serivisi za internet mu gihe cy’amatora, agaragaza ko kubungabunga ikoreshwa ryayo byafasha abaturage gukurikirana uko amatora agenda, bikanaha amahirwe akarere n’amahanga kugenzura no kwemeza uko yatanzwe. Yagize ati: “Internet igomba kuba ihari kugira ngo abaturage, akarere n’amahanga babone uko natsinze cyangwa natsinzwe.”

Bobi Wine yongeyeho ko mu gihe yaba atsinze Perezida Yoweri Kaguta Museveni n’abandi bakandida, bazaba bagomba kwemera no kubahiriza ubushake bw’abaturage. Ku rundi ruhande, yavuze ko mu gihe amajwi yaba agiye ku wundi mukandida mu buryo bwemewe n’amategeko, nawe yiteguye kubyemera nta gushidikanya.

Amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ateganyijwe ku wa Kane, tariki ya 15/01/2026. Aya matora azitabirwa n’abakandida umunani barimo:

Yoweri Kaguta Museveni,Robert Kasibante,Joseph Mabirizi,James Nathan Nandala Mafabi, Gregory Mugisha Muntu Oyera,Robert Kyagulanyi Ssentamu (Bobi Wine),Mubarak Munyagwa Sserunga na Frank Bulira Kabinga

Mu bakandida bose, Perezida Museveni uhagarariye ishyaka NRM na Bobi Wine uhagarariye ishyaka NUP ni bo bafatwa nk’abahanganye bikomeye, nubwo James Nandala Mafabi wo mu ishyaka FDC na we abarirwa mu bakandida bafite igikundiro kitari gito.

Kuri iyi nshuro, Kizza Besigye, wari umaze guhangana na Perezida Museveni inshuro enye mu matora atandukanye, ntazayitabira, kuko afunzwe. Yatawe muri yombi muri Kenya mu buryo butunguranye, ubu akaba afungiwe muri Uganda, aho akurikiranyweho ibyaha byo kugambanira igihugu.

Aya matora ari gukurikiranwa cyane muri Uganda no hanze yayo, aho amaso y’abaturage b’igihugu n’ay’isi yose ahahanze, mu gihe impande zitandukanye zisaba ko azaba mu mucyo, mu mutekano no mu bwisanzure busesuye.

Tags: AmatoraBobi WineMuseveniUganda
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
“Tshisekedi Azagezwa mu Butabera” — Amagambo Akomeye ya Lt Col Willy Ngoma Akomeje Kuvugisha Isi

“Tshisekedi Azagezwa mu Butabera” — Amagambo Akomeye ya Lt Col Willy Ngoma Akomeje Kuvugisha Isi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?