• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yavuze ibyo iri guteganya bikarishye, mu gihe amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na RDC atokubahirizwa.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in Regional Politics
0
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yavuze ibyo iri guteganya bikarishye, mu gihe amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na RDC atokubahirizwa.

You might also like

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Haramutse hatubahirijwe ibyateweho umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda, icyo gihe ngo hafatwa ibihano bikakaye ku ruhande rwo ramuka ari rwo rugaragayeho amakosa yo kutubahiriza ibyasinywe.

Ni byatangajwe na Ambasaderi wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika i Kinshasa, Lucy Tamlyn, aho yabitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 14/07/2025.

Yavuze ko mu gihe impande zombi zitashyira mu bikorwa ibyo zemeye muri ariya masezerano hateganyijwe “ingamba zibihano bikaze.”

Agaragaza ko igihugu cye cyifuza ko amakimbirane amaze imyaka 30 mu Burasirazuba bwa Congo arangira burundu, kandi ko iki gihugu cye cyiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo hagerwe ku gisubizo nyacyo.

Yagize ati: “Ni yo mpamvu Leta Zunze ubumwe z’Amerika zishimangira ko aya masezerano y’amahoro ashyirwaho ingengabihe ndetse akanashyirirwaho gahunda y’uburyo azashyirwa mu bikorwa. Yashimangiye ko hazashyirwaho urwego rwa gisirikare ruhuriweho, ruzahuza ibikorwa byo kurandura FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda.”

Yanavuze kandi ko aya masezerano asobanutse. Ndetse yongeraho ko bagerageje kubisobanura ku mugaragaro ko hazaba ingaruka mu gihe hatabayeho kuyubahiriza, ati: “Hari ingamba z’ibihano, urugero nk’ibihano mu bukungu bizafatwa ndetse n’ibyo mu rwego rwa dipolomasi.”

Kuri ibi by’ubukungu, yavuze ko hari umushinga wa miliyoni 760 USD w’urugomero rw’amashanyarazi mu bihugu bitatu, ari byo u Rwanda, RDC n’u Burundi.” Avuga ko hakenewe amahoro kugira ngo ibyo bigererweho.

Nubwo ariya masezerano y’amahoro yamaze gushyiraho umukono, ariko nyamara hari impungenge ko atazubahirizwa, kuko Leta ya Congo ikomeje kurunda abasirikare bayo benshi i Uvira, no mu bice byo mu misozi miremire y’i Mulenge bituwe cyane n’Abanyamulenge kuri ubu ibyo bice hafi yabyose bigenzurwa na AFC/M23/ Twirwaneho. Bikavugwa ko iyi Leta ishaka kubyisubiza.

Hejuru y’ibyo yongeye kuzana abacanshuro benshi bo kuzayifasha kurwanya iriya mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, uwa Twirwaneho n’uwa M23.

Sibyo gusa, kuko kandi iyi Leta ya Congo ikomeje gutumiza imbunda zarutura zifashishwa mu ntambara ikomeye, bityo, ibi bikayigaragariza ko iri gutegura intambara karundura.

Tags: AmasezeranoAmerikaIbihanoRdcRwanda
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

by minebwenews
August 29, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

by minebwenews
August 29, 2025
0
Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC. Thabo Mbeki wayoboye Afrika y'Epfo iri mu bihugu bikomeye byo muri...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Akandi gace kavuzwemo imirwano ikomeye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?