• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2025
in Regional Politics
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

You might also like

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zafatiye ibihano Umugabo w’Umunya-Somalia, umunya-Uganda n’Umunyafrika-y’Epfo, ibashinja gufasha umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byatangajwe na minisiteri y’imari ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ivuga ko ifatiye bariya bagabo ibihano kubera gukorana n’ibivume.

Iyi minisiteri isobanura ko imitungo aba bantu bafite muri Amerika igomba gufatirwa hashingiwe kuri iki cyemezo, ndetse ko nta muntu uba muri iki gihugu wemewe kuboherereza amafaranga.

Umunya-Uganda Hamidah Nabagala ashinjwa gufasha ADF kubona amafaranga, no gutera inkunga igitero cy’iterabwoba cyagabwe i Kampala mu mwaka wa 2021, kigatwara ubuzima bw’umuntu umwe, abandi benshi bagakomereka.

Ashinjwa kandi gukura abana be muri Uganda abajyana muri uyu mutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Congo.

n’Umunyafrika-y’Epfo Zeyd Gangati na we ashinjwa gutoza abarwanyi ba ADF, gushimuta abantu hagamijwe gusaba imiryango yabo amafaranga, ubujura ndetse n’ubwambuzi, byose akabikora ashakira uyu mutwe imibereho.

Abdweli Mohammed Yusuf, avugwaho kuba umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State muri Somalia kuva mu 2019, we ashinjwa kugira uruhare rukomeye mukoherereza ADF abarwanyi, intwaro n’ibikoresho bya gisirikare bikomeye.

Iriya minisitiri y’imari ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika yavuze kandi ko Abdweli Mohammed ko yambuye abantu bo muri Somalia miliyoni 2,5 z’amadolari mu ntangiriro z’umwaka wa 2022, yose akaba yarifashijwe mu nyungu z’iyi mitwe y’iterabwoba.

Tags: ADFAmerikaIbihanoInkungaRdc
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

by minebwenews
August 29, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru.

U Rwanda na RDC byahuriye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

by minebwenews
August 29, 2025
0
Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC. Thabo Mbeki wayoboye Afrika y'Epfo iri mu bihugu bikomeye byo muri...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze n'amahoro i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?