• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Centre ya Sake ubwoba ni bwinshi nyuma y’uko kuri uyu mugoroba wo k’uwa Mbere, bivugwa ko M23 yafashe igice kimwe cy’iyo Centre, ibarizwa muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Nk’uko birimo ku vugwa umutwe wa M23 wamaze gufata igice kimwe cyo muri centre ya Sake. Ni ahagana mu masaha y’umugoroba wajoro wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 12/02/2024, ingabo za General Sultan Makenga z’i njiye mu bice bya Sake, ubwo bari bamaze gutsinda urugamba bahanganyemo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu ntambara ya bereye mu misozi iri hejuru ya Sake, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 yabihamirije MCN.

Imirwano yabaye uy’u munsi bya navuzwe ko yaguye mo abasirikare benshi bo k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, aho binemezwa ko Batayo ya 111 yarigizwe n’ingabo za RDC zo mu mutwe wa Hibaux ko bapfuye bose.

Aba barwanyi ba Hibaux bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, baguye mu mirwano yabereye mugace ka Kimoka no ku mu Cafee, ahabereye urugamba rukaze rwa M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC.

Mu makuru akomeje kuvugwa kuri izo ngabo zo mu mutwe wa Hibaux aremeza ko bapfanye na Komanda wabo uzwi kw’izina rya Lt Col Lele.

K’urundi ruhande imbunda ziremereye n’izito, zikomeje ku mvikana muri ay’amasaha y’ijoro mu bice bya Sake.

Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa X, avugako ko kugeza ubu ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko barimo gutera ibi Bomba muri Sake no mu nkengero zaho.

Kanyuka yasoje avuga ko ingabo za M23 “zifite uburenganzira bwo kwirukana imbaraga z’u mu ijima kugira ngo barusheho gushakira abaturage ba RDC umutekano mwiza.”

Bruce Bahanda.

Tags: Bapfana na komanda waboBapfuye boseHibauxMasisiSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y'uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?