• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Centre ya Sake ubwoba ni bwinshi nyuma y’uko kuri uyu mugoroba wo k’uwa Mbere, bivugwa ko M23 yafashe igice kimwe cy’iyo Centre, ibarizwa muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Nk’uko birimo ku vugwa umutwe wa M23 wamaze gufata igice kimwe cyo muri centre ya Sake. Ni ahagana mu masaha y’umugoroba wajoro wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 12/02/2024, ingabo za General Sultan Makenga z’i njiye mu bice bya Sake, ubwo bari bamaze gutsinda urugamba bahanganyemo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu ntambara ya bereye mu misozi iri hejuru ya Sake, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 yabihamirije MCN.

Imirwano yabaye uy’u munsi bya navuzwe ko yaguye mo abasirikare benshi bo k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, aho binemezwa ko Batayo ya 111 yarigizwe n’ingabo za RDC zo mu mutwe wa Hibaux ko bapfuye bose.

Aba barwanyi ba Hibaux bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, baguye mu mirwano yabereye mugace ka Kimoka no ku mu Cafee, ahabereye urugamba rukaze rwa M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC.

Mu makuru akomeje kuvugwa kuri izo ngabo zo mu mutwe wa Hibaux aremeza ko bapfanye na Komanda wabo uzwi kw’izina rya Lt Col Lele.

K’urundi ruhande imbunda ziremereye n’izito, zikomeje ku mvikana muri ay’amasaha y’ijoro mu bice bya Sake.

Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa X, avugako ko kugeza ubu ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko barimo gutera ibi Bomba muri Sake no mu nkengero zaho.

Kanyuka yasoje avuga ko ingabo za M23 “zifite uburenganzira bwo kwirukana imbaraga z’u mu ijima kugira ngo barusheho gushakira abaturage ba RDC umutekano mwiza.”

Bruce Bahanda.

Tags: Bapfana na komanda waboBapfuye boseHibauxMasisiSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y'uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?