• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe Masango yarizwimo ubugome niyo yateguriwemo icyicaro cy’ibiganiro bizana amahoro.

minebwenews by minebwenews
December 5, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe mu Masango ahahoze ari birindiro bikomeye by’inyeshamba ziharanira kuzarimbura Umunyamulenge hateguwe ibiganiro bizahuza amoko yose aturiye i Ndondo ya Bijombo na Rurambo homuri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

N’ibiganiro bizaba tariki 08 ukwezi kwa 12 uyu mwaka w’ 2023. Bikazabera muri Localité Masango, Grupema ya Bijombo. Nk’uko Iy’inkuru imaze kugera kuri Minembwe Capital News, yemeza ko biriya biganiro bizaba bigamije gushakira akarere k’imisozi miremire y’i Mulenge Amahoro.

Byamaze kumenyekana neza ko biriya biganiro bizatabirwa n’abaturiye Grupema ya Bijombo ( Abanyamulenge, Ababambe, Abanyintu, Abavira n’Abapfulero…).

Muribamwe bateguye ibi biganiro babwiye Minembwe Capital News, ati: “Intego nyamukuru n’ukwigira hamwe inzira yagarukana amahoro n’ubwiyunge mu moko aturiye grupema ya Bijombo, kw’irinda ibyateza intambara hagati y’amoko aturiye grupema ya Bijombo ndetse no kwigira hamwe ibimaze kugerwaho murwego rwo kugarukana ubwiyunge n’ubwumvikane hagati y’amoko aturiye aka karere.”

Tubibutseko izi gahunda z’ibiganiro arizo zatumye akarere ka Bijombo gatera intambwe mubijanye no kugarura amahoro, aho twovuga nko kurema kw’amasoko yari yarapfuye ( isoko ya Kane yo kuri Mbundamo na Gatanda yarimaze imyaka myinshi itarema ndetse n’Isoko y’Iposho yo mw’Ishenge..) harimo no guhesha abungeri b’abanyamulenge inzuri z’Inka nka Gatanga, Mitamba, Mukumba, icyo hagati cyose kugeza ku Kabara, kwongera kandi gusibura inzira zihuza akarere ka Bijombo n’utundi turere, aho twovuga nk’inzira zija mu Minembwe unyuze mu Mikenke, inzira zija i Gahololo muri Rurambo unyuze mu Masango..

Bikaba byavuzwe ko ibiganiro bizayoborwa n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa ( FARDC) hamwe n’ingabo z’u Burundi ( FNDB) zihuriye mucyiswe TAFOC.

Ibyo biganiro kandi bizitabirwa n’abatware ba Moko yose aturiye grupema ya Bijombo duhereye k’umuyobozi wa Grupema ya Bijombo bwana RWIGINA Rwizihirwa n’abandi benshi bazaza bamuherekeje.

Bruce Bahanda.

Tags: BijomboMasangoUviraYarizwimo ubugome niyo yateguriwemo icyicaro cy'ibiganiro bizana amahoro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026 Mu myaka ya vuba, umugabane wa Afurika wakomeje kugaragaza impinduka zifatika mu...

Read moreDetails

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails
Next Post

iby'Amatora ateganijwe kuba muri RDC, ntibivugwaho rumwe na bose n'Ibigo bikomeye byiyemeje kuyakurikirana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?