• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe Masango yarizwimo ubugome niyo yateguriwemo icyicaro cy’ibiganiro bizana amahoro.

minebwenews by minebwenews
December 5, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe mu Masango ahahoze ari birindiro bikomeye by’inyeshamba ziharanira kuzarimbura Umunyamulenge hateguwe ibiganiro bizahuza amoko yose aturiye i Ndondo ya Bijombo na Rurambo homuri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

N’ibiganiro bizaba tariki 08 ukwezi kwa 12 uyu mwaka w’ 2023. Bikazabera muri Localité Masango, Grupema ya Bijombo. Nk’uko Iy’inkuru imaze kugera kuri Minembwe Capital News, yemeza ko biriya biganiro bizaba bigamije gushakira akarere k’imisozi miremire y’i Mulenge Amahoro.

Byamaze kumenyekana neza ko biriya biganiro bizatabirwa n’abaturiye Grupema ya Bijombo ( Abanyamulenge, Ababambe, Abanyintu, Abavira n’Abapfulero…).

Muribamwe bateguye ibi biganiro babwiye Minembwe Capital News, ati: “Intego nyamukuru n’ukwigira hamwe inzira yagarukana amahoro n’ubwiyunge mu moko aturiye grupema ya Bijombo, kw’irinda ibyateza intambara hagati y’amoko aturiye grupema ya Bijombo ndetse no kwigira hamwe ibimaze kugerwaho murwego rwo kugarukana ubwiyunge n’ubwumvikane hagati y’amoko aturiye aka karere.”

Tubibutseko izi gahunda z’ibiganiro arizo zatumye akarere ka Bijombo gatera intambwe mubijanye no kugarura amahoro, aho twovuga nko kurema kw’amasoko yari yarapfuye ( isoko ya Kane yo kuri Mbundamo na Gatanda yarimaze imyaka myinshi itarema ndetse n’Isoko y’Iposho yo mw’Ishenge..) harimo no guhesha abungeri b’abanyamulenge inzuri z’Inka nka Gatanga, Mitamba, Mukumba, icyo hagati cyose kugeza ku Kabara, kwongera kandi gusibura inzira zihuza akarere ka Bijombo n’utundi turere, aho twovuga nk’inzira zija mu Minembwe unyuze mu Mikenke, inzira zija i Gahololo muri Rurambo unyuze mu Masango..

Bikaba byavuzwe ko ibiganiro bizayoborwa n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa ( FARDC) hamwe n’ingabo z’u Burundi ( FNDB) zihuriye mucyiswe TAFOC.

Ibyo biganiro kandi bizitabirwa n’abatware ba Moko yose aturiye grupema ya Bijombo duhereye k’umuyobozi wa Grupema ya Bijombo bwana RWIGINA Rwizihirwa n’abandi benshi bazaza bamuherekeje.

Bruce Bahanda.

Tags: BijomboMasangoUviraYarizwimo ubugome niyo yateguriwemo icyicaro cy'ibiganiro bizana amahoro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère La famille du colonel Ruhorimbere Gapanda, l’un des hauts gradés des...

Read moreDetails
Next Post

iby'Amatora ateganijwe kuba muri RDC, ntibivugwaho rumwe na bose n'Ibigo bikomeye byiyemeje kuyakurikirana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?