Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 20, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa.

You might also like

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, Sena yamusabye kuyitaba kugira ngo agire icyo yisigura ku cyemezo yafatiwe cyo kumwambura ubudahangarwa.

Bikubiye mu ibaruwa yanditswe na Michel Sama Lukonde umuyobozi mukuru wa Sena, imenyesha Joseph Kabila ko asabwa kwitaba komisiyo idasanzwe y’abasenayeri ishyinzwe gusuzuma dosiye ivuga ibyo kumwambura ubudahangarwa.

Iyi baruwa igira iti: “Mutumiwe mu nama ya komisiyo yihariye ishyinzwe gusuzuma ubusabe bw’ubushinjacyaha bukuru mu rukiko rwa gisirikare burebana no kubambura ubudahangarwa muhabwa n’inteko ishinga amategeko ndetse n’uburenganzira bwo kubakurikirana, ku wa kabiri tariki ya 20/05/2025, guhera saa tanu z’amanywa, mu cyumba cy’inama mpuzamahanga.”

Ariko nubwo biruko ntabwo Joseph Kabila ari muri RDC. Ahagana mu mpera z’u mwaka wa 2023, ubwo ubu butegetsi bw’i Kinshasa bwari butangiye ku mugendaho, ni bwo yahise yerekeza iy’ubuhungiro, ari nacyo gihe yageze mu bihugu byinshi birimo Afrika y’Epfo, Namibia, Zimbambwe na Eswati. Icyobikoze mu minsi mike ishize yavuzwe i Goma, nyuma y’aho yari aheruka gutangaza ko agiye kugaruka mu gihugu cye, nubwo ishyaka rye rya PPRD ritigeze ryemera ko yageze i Goma.

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya RDC ni bwo bwasabye Sena kwambura Kabila ubudahangarwa nka Senateri uhoraho, kugira ngo bumukurikirane. Bumushinja icyaha cyo kugambanira igihugu, kuba mu mutwe w’ingabo utemewe, ibyaha by’intambara n’ibyabasiye inyokomuntu.

Ibi byo kumushinja ibyo byaha, byafashe intera cyane nyuma y’aho avuzwe mu mujyi wa Goma ugenzurwa na AFC/M23 mu kwezi kwa kane. Kinshasa yagaragaje ko uru ruzinduko rwa Kabila i Goma rushimangira ibimenyetso by’uko ari mu bayobozi biri huriro rya AFC.

Mu cyumweru gishize, abasenateri barateranye kugira ngo bafate icyemezo ku busabe bw’ubushinjacyaha bwa gisirikare, ariko bananirwa kumvikana bitewe nuko hari abagaragaje ko uwabaye perezida adakwiye kwamburwa ubudahangarwa hatabanje kuba itora ry’inteko yose. Bafashe umwanzuro wo gushiraho komisiyo yihariye ishyinzwe gusuzuma ubu busabe.

Iyi komisiyo igizwe n’abasenateri 40 bahagarariye intara zose z’igihugu n’amashyaka yose ari muri Sena. Iyobowe na Christophe Lutundula wabaye minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, akaba umwe mu banyapolitiki bafashe iya mbere mu gushinja Joseph Kabila kugambanira igihugu.

Hari aho yigeze kugira ati: “Yaba ari Kabila cyangwa undi munye-kongo wese, akwiye kumenya ko kwifatanya na AFC ikorana na M23 ko ari umugambanyi. Muri RDC hari itegeko ribuhana. Yaba ari uwabaye perezida cyangwa undi wese, riramureba.

Tags: KabilaSenaUbudahangarwa
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails
Next Post
Lt Gen Ndirakobuca gusezererwa kwe mu gipolisi bihishe iki?

Lt Gen Ndirakobuca gusezererwa kwe mu gipolisi bihishe iki?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?