• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
May 20, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze Kabila yasabwe kwitaba Sena i Kinshasa.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, Sena yamusabye kuyitaba kugira ngo agire icyo yisigura ku cyemezo yafatiwe cyo kumwambura ubudahangarwa.

Bikubiye mu ibaruwa yanditswe na Michel Sama Lukonde umuyobozi mukuru wa Sena, imenyesha Joseph Kabila ko asabwa kwitaba komisiyo idasanzwe y’abasenayeri ishyinzwe gusuzuma dosiye ivuga ibyo kumwambura ubudahangarwa.

Iyi baruwa igira iti: “Mutumiwe mu nama ya komisiyo yihariye ishyinzwe gusuzuma ubusabe bw’ubushinjacyaha bukuru mu rukiko rwa gisirikare burebana no kubambura ubudahangarwa muhabwa n’inteko ishinga amategeko ndetse n’uburenganzira bwo kubakurikirana, ku wa kabiri tariki ya 20/05/2025, guhera saa tanu z’amanywa, mu cyumba cy’inama mpuzamahanga.”

Ariko nubwo biruko ntabwo Joseph Kabila ari muri RDC. Ahagana mu mpera z’u mwaka wa 2023, ubwo ubu butegetsi bw’i Kinshasa bwari butangiye ku mugendaho, ni bwo yahise yerekeza iy’ubuhungiro, ari nacyo gihe yageze mu bihugu byinshi birimo Afrika y’Epfo, Namibia, Zimbambwe na Eswati. Icyobikoze mu minsi mike ishize yavuzwe i Goma, nyuma y’aho yari aheruka gutangaza ko agiye kugaruka mu gihugu cye, nubwo ishyaka rye rya PPRD ritigeze ryemera ko yageze i Goma.

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya RDC ni bwo bwasabye Sena kwambura Kabila ubudahangarwa nka Senateri uhoraho, kugira ngo bumukurikirane. Bumushinja icyaha cyo kugambanira igihugu, kuba mu mutwe w’ingabo utemewe, ibyaha by’intambara n’ibyabasiye inyokomuntu.

Ibi byo kumushinja ibyo byaha, byafashe intera cyane nyuma y’aho avuzwe mu mujyi wa Goma ugenzurwa na AFC/M23 mu kwezi kwa kane. Kinshasa yagaragaje ko uru ruzinduko rwa Kabila i Goma rushimangira ibimenyetso by’uko ari mu bayobozi biri huriro rya AFC.

Mu cyumweru gishize, abasenateri barateranye kugira ngo bafate icyemezo ku busabe bw’ubushinjacyaha bwa gisirikare, ariko bananirwa kumvikana bitewe nuko hari abagaragaje ko uwabaye perezida adakwiye kwamburwa ubudahangarwa hatabanje kuba itora ry’inteko yose. Bafashe umwanzuro wo gushiraho komisiyo yihariye ishyinzwe gusuzuma ubu busabe.

Iyi komisiyo igizwe n’abasenateri 40 bahagarariye intara zose z’igihugu n’amashyaka yose ari muri Sena. Iyobowe na Christophe Lutundula wabaye minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, akaba umwe mu banyapolitiki bafashe iya mbere mu gushinja Joseph Kabila kugambanira igihugu.

Hari aho yigeze kugira ati: “Yaba ari Kabila cyangwa undi munye-kongo wese, akwiye kumenya ko kwifatanya na AFC ikorana na M23 ko ari umugambanyi. Muri RDC hari itegeko ribuhana. Yaba ari uwabaye perezida cyangwa undi wese, riramureba.

Tags: KabilaSenaUbudahangarwa
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Lt Gen Ndirakobuca gusezererwa kwe mu gipolisi bihishe iki?

Lt Gen Ndirakobuca gusezererwa kwe mu gipolisi bihishe iki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?