• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byakaze, u Rwanda rwatumije ambasaderi w’u Bwongereza gusobanura ibyatangajwe na minisitiri Collins.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2025
in World News
0
Byakaze, u Rwanda rwatumije ambasaderi w’u Bwongereza gusobanura ibyatangajwe na minisitiri Collins.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, u Rwanda rwatumije ambasaderi w’u Bwongereza gusobanura ibyatangajwe na minisitiri Collins.

You might also like

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

Leta y’u Rwanda yatumije ambasaderi w’u Bwongereza kugira ngo abahe ibisobanuro ku magambo yatangajwe na minisiteri w’iki gihugu ushyinzwe Afrika, Lord Collins, ubwo yari imbere y’inteko y’u Bwongereza ishinga amategeko , tariki ya 26/02/2025.

Muri iyi nteko, minisitiri Collins yabajijwe iby’igitero umutwe w’iterabwoba wa ADF Nalu wagabye muri Ituri ku rusengero muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, asubiza ko ubwo yahuraga na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda yahakanye ibyo birego.

Mu itangazo u Rwanda rwashyize hanze, rwagaragaje ko ibyatangajwe na minisitiri Collins ari ibinyoma byambaye ubusa, kandi ko bigamije guharabika u Rwanda.

Iyi Leta y’iki gihugu cy’u Rwanda yamenyesheje ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda ko abo ba minisitiri bombi mu biganiro bagiranye ubwo baheruka guhurira mu nama i Geneva mu busuwisi, batigeze bavuga kuri ADF.

Muri iryo tangazo, ruvuga ko biriya byatangajwe na minisitiri Collins ari ibinyoma bisebya u Rwanda, kuvuga ko hari imikoranire yaba iri hagati y’uwo mutwe w’iterabwoba wa ADF ukomoka muri Uganda, igitangaje ukaba ufitanye ubufatanye na ISIS, ikindi kandi uwo mutwe aho uherereye akaba ari mu birometero amagana namagana uvuye ku mupaka w’u Rwanda.
Rugaragaza ko ntaho ruhuriye n’abo barwanyi, kuko rurwanya abandi basa na bo i Cabo Delgado muri Mozambique.

U Rwanda kandi rwashimangiye ko iki ari ikibazo gikomeye kubona minisitiri w’u Bwongereza ushyinzwe Afrika atangaza amakuru nk’aya ayobya, asebya u Rwanda, ndetse agatiza umurindi ibibazo by’amacakubiri n’umutekano muke umaze iminsi muri Congo.

Kimwecyo, minisitiri Collins yoherereje ubutumwa minisitiri w’u Rwanda ushyinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane yemera ko yakoze amakosa, akaba ndetse ateganya kwandikira abo yabwiye ayo magambo kugira ngo bakosore amakuru babitse.
U Rwanda rusanga ibyo bidahagije, bitewe n’uburemere bw’ayo makuru yatangajwe atari yo, rusaba ko u Bwongereza bukosora iyo mvugo mu ruhame, kandi bugasaba n’imbabazi.

Tags: AmabasaderiCollinsIbyatangajwe
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Uganda’s national carrier, Uganda Airlines, has announced that it will...

Read moreDetails

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n'Inyungu Zitegerejwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu rwego rwo gukomeza kwagura ibikorwa byayo no kongera amahirwe y'ingendo zo mu...

Read moreDetails

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi  Barakomereka

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka Igitero gikomeye cyagabwe n’u Burusiya kuri Ukraine hakoreshejwe misile za ballistique n’indege...

Read moreDetails

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails
Next Post
Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

Abanya-Kaziba batewe urujijo n'ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?