• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byose yabivuze uburyo perezida w’u Rwanda yamutumaga, uwo n’uwari visi perezida w’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in Regional Politics
0
Byose yabivuze uburyo perezida w’u Rwanda yamutumaga, uwo n’uwari visi perezida w’u Burundi.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byose yabivuze uburyo perezida w’u Rwanda yamutumaga, uwo n’uwari visi perezida w’u Burundi.

You might also like

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Umugabo uri mubavuga rikijana mu Burundi, akaba yaranabaye visi perezida w’iki gihugu ku ngoma ya Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi kuva mu mwaka wa 2005 kugeza 2020, yavuze ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yajyaga mutuma ubwo umubano w’ibihugu byombi warimo agatotsi.

Nibyo uyu munyapolitiki w’Umurundi, Gaston Sindimwo, yagarutseho mu kiganiro yagiranye na YouTube Chanel African Tv, aho yarimo avuga ku gatotsi kagarutse ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi.

Yavuze ko muri iki gihe umubano w’u Burundi n’u Rwanda, hagaragaraga ibimenyetso by’uko wo subira mu buryo, ariko ngo kugeza ubu bikaba bidakunda, kuburyo we atumva ikibura, kuko asanzwe azi ko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ahorana ubushake bwo gutuma igihugu ayoboye kibana neza n’u Burundi.

Yanavuze ko igihe we yari akiri visi perezida w’u Burundi, atari rimwe cyangwa kabiri yagiye ahura na perezida Paul Kagame mu nama, ndetse akamwegera bakaganira, akishimira uburyo uyu mukuru w’u Rwanda yagaragazaga u bushake bwiza.

Ati: “Amafoto menshi mwabonye mpagararanye na Kagame, abandi bakantuka, naragendaga nkamubwira kuko njye ntabwo mba niteguye guhunga umuntu, nakwifuje ko tuvugana, nka mubwira ikibazo nawe akambwira icye, njye yarantumaga kuramutsa umukuru w’igihugu cyacu cy’u Burundi, Pierre Nkurunziza, akansaba ati: ‘nugera i Burundi umundamukirize’ kandi rwose nasohozaga ubutumwa.”

Yakomeje avuga ko Paul Kagame yagaragazaga ubushake bwo kuvugana na Nkurunziza, ati: “Umunsi umwe arambwira ati ‘mpa telephone basi muhamagare,’ ko na mubajije nti ‘none mupfa iki? Ikibazo kiri he? Nawe ati ‘ntacyo mbona ahubwo mundamukirize.”

Avuga ko mu kiganiro yagiranye na Paul Kagame, yageraga aho akamubaza ati ‘ko mwahoze muri inshuti, none mupfa iki? Ati ‘erega nanjye ndamukumbuye, umundamukirize,’ kandi nagera i Burundi nkamumuramukiriza, nti yambwiye ngo nkuramutse.”

Gaston yavuze ko ari ibisanzwe ko muri politiki hazamo ibibazo hagati y’ibihugu, ariko ko biba bikwiye kwicara hamwe mu kabishakira umuti, kandi mu gatera umugongo ibyo bibazo biba byabayeho, ubundi mugaharanira amahoro.

Yagize ati: “Muri politiki, nta mukunzi, nta mwanzi ubamo. Ibyo ni ukugira ngo habeho amahoro ku Burundi, ku Banye-Congo ku Banyarwanda, kuko nta kitagira iherezo.

Agaragaza ko ikosa rijya rikorwa n’ibihugu bimwe na bimwe, ari ugukomeza kwizirika ku mateka y’ibyahise, bigahorana inzigo ari na yo ituma umubano wabyo n’ibindi uzamo igitotsi, kuri we akavuga ko mu gihe ibihugu byiyemeje guhindura page, biba bidakwiye gusubiza amaso inyuma ahubwo bikajya bireba inyungu bihuriyeho.

Tags: BurundiRwandaUmubano
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails
Next Post
Intasi ya Tshisekedi wa RDC na Ndayishimiye w’u Burundi bayifashe.

Intasi ya Tshisekedi wa RDC na Ndayishimiye w'u Burundi bayifashe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?