• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y’i Kinshasa.
130
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y’i Kinshasa.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Captain Rukungana Mapanga wa Bimira, wari umupolisi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma akaza kuyicika kubera ko yica Abanyamulenge ifatanyije n’ingabo z’iki gihugu na Wazalendo ndetse na FDLR, kandi ikanabatoteza, bityo ahitamo kwitandukanya nayo.

Ahagana mu mwaka wa 2024, mu mpera zawo, nibwo Captain Rukungana yatorotse igipolisi cya RDC, icyo yacitse kumpamvu zuko cyica benewabo Abanyamulenge.

Nk’uko abisobanura, agaragaza ko iki gipolisi gifatanya na Wazalendo, FDLR ndetse n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fardc, mukwica no kugirira nabi ubwoko bwe.

Yagize ati: “Navuye i Bukavu mu mwaka ushyize, mpunze Wazalendo, FDLR na FARDC ndetse n’igipolisi bifatikanya mukwica abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bakagombye kurinda.”

Rukungana yavuze ko yari komanda k’umupaka wa Rusizi i Bukavu, aho yakoreye imyaka irenga ibiri; aza kugaya ibikorerwa ubwoko bwe bukorerwa, kandi bikozwe n’abakozi ba Leta y’i Kinshasa, niko guhita ayivamo.

Aha’rejo rero, nibwo yafashe inzira yerekeza i Bukavu mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aturutse iyo yari yarahungiye, nubwo atashatse ko hamenyekana.

Yabwiye Minembwe Capital News ko nta kindi kimusubije iwabo, usibye gutabara ubwoko bwe, kandi ko azaburwanirira kugeza ku gitonyanga cyanyuma cy’amaraso ye.

Nyuma y’aho FARDC igabye igitero cy’indege i Gakangala mu Minembwe kigahitana Intwari y’Abanyamulenge, Gen.Rukunda Michel Makanika, tariki ya 19/02/2025, aba Banyamulenge bahise bahagurukana n’iyonka batangira kuva mu bihugu bagiye bahungiramo baratabara.

Ndetse mu batabaye hari n’abari bayoboye amatorero, n’abandi bata ibyo bakoraga byo gupagasa byatungaga imiryango yabo, berekeza muri Kivu y’Amajyepfo kwiyunga kuri Twirwaneho.

Kuri ubu uyu mutwe umaze kwigarurira ibice byinshi by’iwabo, ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo. Kuko niwo ugenzura igice cya Mikenke, Kamombo na Minembwe ndetse n’igice cya Rurambo muri teritware ya Uvira.

Tags: AbanyamulengeCaptain RukanganaPolisiYatabaye
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.

UPDF yohereje umutwe w'ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?