• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in Regional Politics
0
Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yahuye na Cardinal Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi uri hagati ya Katolika na Kinshasa.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni kuri uyu wa Kane, Tshisekedi yakiriye musenyeri wa diyosezi ya Kinshasa, Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bamareho umwuka mubi uri hagati y’ubutegetsi bwa Kinshasa n’idini Katolika muri Congo.

Umwuka mubi hagati y’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi n’idini Katolika muri Congo, wajemo agatotsi guhera ku itariki ya 31/03/2024, nyuma y’uko Cardinal Frodolin Ambongo yari amaze gutangaza ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukorana byahafi n’imutwe y’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.

Kandi ashinja iyi mitwe kuba ariyo ihungabanya umutekano w’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Cardinal Frodoli Ambongo yanenze kandi amatora y’umukuru w’igihugu Tshisekedi yatsinze mu kwezi kwa Cumi n’abiri, umwaka ushize, agaragaza ko yarimo ‘akajagari gakomeye.’

Kandi agaragaza ko kuba M23 yareguye intwaro ko bwari muburyo bwo kwirindira umutekano ngo kuko ingabo z’igihugu zitashoboye kubarinda.

Ibi biri mu byatumye perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kane, yakira Cardinal Frodolin Ambongo, aho ya mwakiririye muri perezidansi ya Congo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro by’u mukuru w’igihugu cya RDC.

Binatangaza ko ibiganiro byahuje Tshisekedi na Cardinal Frodolin Ambongo ko byamaze hafi amasaha abiri

Byagize biti: “I Kinshasa, kuri uyu wa Kane, perezida Félix Tshisekedi yavuganye na Cardinal Frodolin Ambongo. Ikiganiro cyabo cyamaze amasaha hafi abiri.”

Byakomeje bigira biti: “Ibiganiro byabo byabereye imbere y’Ambasaderi muto w’u mubikira, Andriy Yvchuk.”

Muri iki kiganiro Cardinal Frodolin Ambongo yavuze ko yahoraga yifuza guhura na perezida Félix Tshisekedi, kugira ngo amugaragarize ibintu bitandukanye bikomeje kugaragara mu gihugu imbere.

Mu gihe Tshisekedi we yavuze ko habaye ukutumva ibintu kimwe ariko ko ubu hagiye kuba ubufatanye mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu gihugu.

Mu kiganiro perezida Félix Tshisekedi aheruka kugirana n’igitangaza makuru cyitwa Le Figaro cyo mu Bufaransa, yaciye amarenga y’uko Ambongo ashobora gufungwa nyuma yo kumushinja kuba “umucengezamatwara w’u Rwanda.”

Ati: “Yabaye umucengezamatwara w’u Rwanda, avuga ko RDC iri guha imbunda FDLR umutwe wa Bahutu. Ariko nabyerekane. Ntabwo ubwisanzure bwo kuvuga bukwiye kwifashishwa mu gutangaza ibinyoma, niyo waba uri Cardinal.”

Kardinal Ambongo ahuye na Tshisekedi mu gihe kandi ubushinjacyaha muri RDC bwaherukaga kumutangizaho iperereza.

Nyuma y’uko yari amaze guhura na Tshisekedi yatangaje ko ku bwiwe nta kibazo kigihari.

Ati: “Ku bwanjye nta kibazo kigihari.”

             MCN.
Tags: BaganiriyeCardinal Frodolin AmbongoTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n'uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?