• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in Regional Politics
0
Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yahuye na Cardinal Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi uri hagati ya Katolika na Kinshasa.

You might also like

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

Ni kuri uyu wa Kane, Tshisekedi yakiriye musenyeri wa diyosezi ya Kinshasa, Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bamareho umwuka mubi uri hagati y’ubutegetsi bwa Kinshasa n’idini Katolika muri Congo.

Umwuka mubi hagati y’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi n’idini Katolika muri Congo, wajemo agatotsi guhera ku itariki ya 31/03/2024, nyuma y’uko Cardinal Frodolin Ambongo yari amaze gutangaza ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukorana byahafi n’imutwe y’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.

Kandi ashinja iyi mitwe kuba ariyo ihungabanya umutekano w’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Cardinal Frodoli Ambongo yanenze kandi amatora y’umukuru w’igihugu Tshisekedi yatsinze mu kwezi kwa Cumi n’abiri, umwaka ushize, agaragaza ko yarimo ‘akajagari gakomeye.’

Kandi agaragaza ko kuba M23 yareguye intwaro ko bwari muburyo bwo kwirindira umutekano ngo kuko ingabo z’igihugu zitashoboye kubarinda.

Ibi biri mu byatumye perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kane, yakira Cardinal Frodolin Ambongo, aho ya mwakiririye muri perezidansi ya Congo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro by’u mukuru w’igihugu cya RDC.

Binatangaza ko ibiganiro byahuje Tshisekedi na Cardinal Frodolin Ambongo ko byamaze hafi amasaha abiri

Byagize biti: “I Kinshasa, kuri uyu wa Kane, perezida Félix Tshisekedi yavuganye na Cardinal Frodolin Ambongo. Ikiganiro cyabo cyamaze amasaha hafi abiri.”

Byakomeje bigira biti: “Ibiganiro byabo byabereye imbere y’Ambasaderi muto w’u mubikira, Andriy Yvchuk.”

Muri iki kiganiro Cardinal Frodolin Ambongo yavuze ko yahoraga yifuza guhura na perezida Félix Tshisekedi, kugira ngo amugaragarize ibintu bitandukanye bikomeje kugaragara mu gihugu imbere.

Mu gihe Tshisekedi we yavuze ko habaye ukutumva ibintu kimwe ariko ko ubu hagiye kuba ubufatanye mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu gihugu.

Mu kiganiro perezida Félix Tshisekedi aheruka kugirana n’igitangaza makuru cyitwa Le Figaro cyo mu Bufaransa, yaciye amarenga y’uko Ambongo ashobora gufungwa nyuma yo kumushinja kuba “umucengezamatwara w’u Rwanda.”

Ati: “Yabaye umucengezamatwara w’u Rwanda, avuga ko RDC iri guha imbunda FDLR umutwe wa Bahutu. Ariko nabyerekane. Ntabwo ubwisanzure bwo kuvuga bukwiye kwifashishwa mu gutangaza ibinyoma, niyo waba uri Cardinal.”

Kardinal Ambongo ahuye na Tshisekedi mu gihe kandi ubushinjacyaha muri RDC bwaherukaga kumutangizaho iperereza.

Nyuma y’uko yari amaze guhura na Tshisekedi yatangaje ko ku bwiwe nta kibazo kigihari.

Ati: “Ku bwanjye nta kibazo kigihari.”

             MCN.
Tags: BaganiriyeCardinal Frodolin AmbongoTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

"Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC"– Minisitiri Olivier Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyishimo bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n'uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?