• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in Regional Politics
0
Cardinal Frodolin Ambongo, yavuze iki giye gukurikiraho nyuma y’uko yagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yahuye na Cardinal Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi uri hagati ya Katolika na Kinshasa.

Ni kuri uyu wa Kane, Tshisekedi yakiriye musenyeri wa diyosezi ya Kinshasa, Frodolin Ambongo mu rwego rwo kugira ngo bamareho umwuka mubi uri hagati y’ubutegetsi bwa Kinshasa n’idini Katolika muri Congo.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Umwuka mubi hagati y’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi n’idini Katolika muri Congo, wajemo agatotsi guhera ku itariki ya 31/03/2024, nyuma y’uko Cardinal Frodolin Ambongo yari amaze gutangaza ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukorana byahafi n’imutwe y’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.

Kandi ashinja iyi mitwe kuba ariyo ihungabanya umutekano w’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Cardinal Frodoli Ambongo yanenze kandi amatora y’umukuru w’igihugu Tshisekedi yatsinze mu kwezi kwa Cumi n’abiri, umwaka ushize, agaragaza ko yarimo ‘akajagari gakomeye.’

Kandi agaragaza ko kuba M23 yareguye intwaro ko bwari muburyo bwo kwirindira umutekano ngo kuko ingabo z’igihugu zitashoboye kubarinda.

Ibi biri mu byatumye perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kane, yakira Cardinal Frodolin Ambongo, aho ya mwakiririye muri perezidansi ya Congo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro by’u mukuru w’igihugu cya RDC.

Binatangaza ko ibiganiro byahuje Tshisekedi na Cardinal Frodolin Ambongo ko byamaze hafi amasaha abiri

Byagize biti: “I Kinshasa, kuri uyu wa Kane, perezida Félix Tshisekedi yavuganye na Cardinal Frodolin Ambongo. Ikiganiro cyabo cyamaze amasaha hafi abiri.”

Byakomeje bigira biti: “Ibiganiro byabo byabereye imbere y’Ambasaderi muto w’u mubikira, Andriy Yvchuk.”

Muri iki kiganiro Cardinal Frodolin Ambongo yavuze ko yahoraga yifuza guhura na perezida Félix Tshisekedi, kugira ngo amugaragarize ibintu bitandukanye bikomeje kugaragara mu gihugu imbere.

Mu gihe Tshisekedi we yavuze ko habaye ukutumva ibintu kimwe ariko ko ubu hagiye kuba ubufatanye mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu gihugu.

Mu kiganiro perezida Félix Tshisekedi aheruka kugirana n’igitangaza makuru cyitwa Le Figaro cyo mu Bufaransa, yaciye amarenga y’uko Ambongo ashobora gufungwa nyuma yo kumushinja kuba “umucengezamatwara w’u Rwanda.”

Ati: “Yabaye umucengezamatwara w’u Rwanda, avuga ko RDC iri guha imbunda FDLR umutwe wa Bahutu. Ariko nabyerekane. Ntabwo ubwisanzure bwo kuvuga bukwiye kwifashishwa mu gutangaza ibinyoma, niyo waba uri Cardinal.”

Kardinal Ambongo ahuye na Tshisekedi mu gihe kandi ubushinjacyaha muri RDC bwaherukaga kumutangizaho iperereza.

Nyuma y’uko yari amaze guhura na Tshisekedi yatangaje ko ku bwiwe nta kibazo kigihari.

Ati: “Ku bwanjye nta kibazo kigihari.”

             MCN.
Tags: BaganiriyeCardinal Frodolin AmbongoTshisekedi

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n'uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?